Latest post

Umukobwa yibye telefoni ihenze ya nyirabuja kugira ngo ashimishe umukunzi we

Share this:

Umukobwa witwa Rebecca Isiche Elumbe ukomoka mu gihugu cya Kenya,yakoze amahano yiba ibintu by’agaciro birimo na telefoni bya nyirabuja arangije abijyana ku mukunzi we kugira ngo amushimishe.   Uyu mukobwa wakoraga mu rugo muri Kenya,yacunze abakoresha batari mu rugo niko…

Share this:
Posted on

Lionel Messi watunguriwe i Paris yahaye isererano rikomeye abafana ba PSG

Share this:

Abafana ba FC Barcelona bakiranye urugwiro Lionel Messi biramurenga niko kubabwira ko icyumweru kimwe amaze i Paris kidasanzwe ku buzima bwe ndetse atazigera acyibagirwa.   . Liionel Messi yahaye isezerano rikomeye abafana ba PSG  . Messi yatunguwe n’ukuntu yakiriwe i…

Share this:
Posted on

Abataliban bageze i Kabul, Perezida Ghani akizwa n’amaguru

Share this:

Hari amakuru avuga ko Perezida wa Afghanistan, Ashraf Ghani yahunze igihugu, mu gihe aba Taliban bageze i Kabul.   . Perezida wa Afganistan yahunze . Abatalibani bamaze gufata umurwa mukuru Kabul   Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’umutegetsi wo hejuru…

Share this:
Posted on

Tanzania: Umuyobozi ukomeye yananiwe kuvuga mu nama nyuma yo gukingirwa Covid-19

Share this:

Komiseri w’Ubuzima n’Ibidukikije mu Kigo cy’Uburezi muri Tanzania (TAHLISO), Sospeter Mosewe Bulugu, yageze mu nama mu ntangiriro z’iki cyumweru ananirwa kuvuga nyuma yo guterwa urukiko rwa Covid-19.   Kuwa 12 Kanama, Bulugu yari yabay iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, bamwe…

Share this:
Posted on

Abataribani binjiye Kabul umurwa mukuru wa Afganistani

Share this:

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Afghanistan imaze gutangaza ko abarwanyi b’Abatalibani batangiye kwinjira mu murwa mukuru, Kabul, baturutse impande zose. Ni nyuma yo gufata indi mijyi yose y’iki gihugu mu gihe gitoya, urugamba rweruye rwatangiye ubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika…

Share this:
Posted on

DRC: Indege yagonze umumotari

Share this:

Indege yo mu bwoko bwa Bombardier Q400 yagwaga ku kibuga cy’indege cya Luano mu mujyi wa Lubumbashi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yaraye ikoze impanuka, ubwo yagongaga umumotari.   Minisiteri ishinzwe ubwikorezi mu itangazo yasohoye kuri uyu wa…

Share this:
Posted on

Ibitangaje ku kiraro(bridge) cya mbere kirekire kurusha ibindi ku isi ku burebure bwa Km 165 zose ni ukuvuga kuva i Kigali ukarenga i Huye

Share this:

Ku isi hari byinshi bitangaje umuntu ashobora kureba akibaza niba byarakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi Iwacumarket yagutoranyirije ikiraro kirekire kurusha ibindi ku isi cyiswe Danyang–Kunshan Grand Bridge kikaba giherereye mu Bushinwa.   . Ikiraro cya mbere kirekire ku isi giherereye…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Doreen wakize agakoko gatera SIDA nyuma y’imyaka 29 akagendana yagiriye inama abandi baba bafite ubu bwandu

Share this:

SIDA, uyanduye biba ngombwa ko agomba gukoresha imiti igabanya ubukana kugira ngo abashe kuramba ntapfe imburagihe, gusa mu bihugu bitandukanye hari abantu cyane abakobwa baretse imiti ibyo ari naho Doreen Moraa yahereye abagira inama kuko we yerekana ibyiza byo kwemera…

Share this:
Posted on

Leta y’u Rwanda yongeye kwigomwa amahooro y’ibikomoka kuri peterori kugirango ibiciro bitongera gutumbagira

Share this:

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), rwatangaje ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kwiyongera ku isoko mpuzamahanga, Leta yafashe icyemezo cy’uko ibiciro muri Kanama na Nzeri 2021 biguma uko byari bisanzwe.   ….

Share this:
Posted on

Perezida Kagame ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 bafite uburinzi buhambaye muri Afurika – AMAFOTO

Share this:

Mu bihugu byinshi ku isi, abaperezida batorwa n’abaturage kandi kugira ngo aba Perezida basohoze inshingano zabo neza, bahabwa uburinzi buhambaye. Ku mugabane wa Afurika, abaperezida b’ibihugu byose bya Afurika nabo bahabwa uburinzi buhambaye kugira ngo imirimo ikorwe neza. Nubwo bimeze…

Share this:
Posted on