Latest post

Umuntu uyoborera hanze aba ari Ambasaderi ntabwo aba ari umwami – Juno Kizigenza avuga ku butumwa bwe bwatumye yibasirwa ashinjwa kwishyira hejuru no kugirira ishyari Meddy

Share this:

Umuhanzi ukizamuka mu muziki Nyarwanda, Juno Kizigenza, yaciye bugufi agaragaza ko atari ku rwego rumwe na Meddy, nyuma y’iminsi mike ashinjwe kumwigereranyaho nyamara batari ku rwego rumwe.   . Juno Kizigenza yongeye gushimangira ko nta waba umwami mu gihutu atabamo…

Share this:
Posted on

Gen Muhizi yavuze icyafashije RDF gukubita incuro inyeshyamba zo muri Mozambique zari zimaze igihe zarigaruriye ibice bitandukanye

Share this:

Brig Gen Muhizi Pascal uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, yavuze ko ikinyabupfura no kwihanganira ibihe bigoye byamye biranga ingabo za RDF ari byo byazifashije gutsinsura ibyihebe, mbere yo kwigarurira Mocímboa da Praia.  …

Share this:
Posted on

RDF yavuze icyo izakora muri Mozambique nyuma yo guhashya inyeshyamba

Share this:

Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma yo guhashya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Islamic State zimaze imyaka irenga itatu zihungabanya umutekano w’intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, hazakurikiraho kubaka inzego z’umutekano z’iki gihugu. Col. Rwivanga yabitangarije…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Yavutse angana n’urubuto rwa pome bituma afatwa nk’umwana wavutse ari muto kurusha abandi ku isi

Share this:

Umwana byibazwa ko ari we wa mbere wavutse ari muto cyane ku isi, yasezerewe mu bitaro byo muri Singapour (Singapore) nyuma y’amezi 13 yari ahamaze yitwabwaho.   Kwek Yu Xuan yavutse apima amagarama (g) 212 – uburemere nk’ubw’urubuto rwa pomme/apple…

Share this:
Posted on

Gisozi: Umugore yahangereye umugabo we asinziriye amukata imyanya y’ibanga

Share this:

Umugore yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha (RIB) akekwaho guhengera umugabo we asinziriye, akamukata igitsina cye amuziza kumuca inyuma.   Nk’ uko BTN TV dukesha aya makuru kibivuga, aya mahano yabereye mu Kagari ka Musezero mu Murenge…

Share this:
Posted on

DÉJÀ VU waba uzi ikiyitera ibintu bisa nk’ibitangaje biba kuri benshi?

Share this:

Ese waba warigeze kujya ahantu cg kumva umuntu avuga ibintu ukumva si ubwa mbere ibyo byose biri kuba? Niba byarakubayeho uri umwe muri 70% by’abatuye isi bavuga ko ibi byababayeho cg se bibabaho.   Abantu batandukanye bagerageza kuvuga kuri deja…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa guhurwa no gutwariza ikintu runaka biba ku bagore batwite

Share this:

Guhurwa mu gihe utwite cg gutwarira biba hafi ku bagore bose batwite, bagira ibyo kurya cyangwa kunywa baba bifuza kurenza ibindi aribyo bita gutwarira. Hari abatwarira ikintu ngo batajyaga banarya, hari abatwarira umuhumuro runaka, ngo hari n’abatwarira guhekenya ibitaka.  …

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye icyambu cya Mocimboa da Praia

Share this:

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zimaze kwigarurira icyambu cya Mocímboa da Praia, ari na ho hari icyicaro gikuru cy’imitwe y’iterabwoba kuva mu myaka ibiri ishize.   . Uyu Mujyi kandi niwo uherereremo icyicaro gikuru cy’aka karere n’ikibuga cy’indege. ….

Share this:
Posted on
Uncategorized

Mu marira n’ikiniga byinshi, Lionel Messi yasezeye Barcelone anavuga ku makuru amwerekeza muri PSG – AMAFOTO

Share this:

Kuri iki gicamunsi nibwo Lionel Messi yagize ikiganiro n’itangazamakuru agaruka ku isezera ndetse n’uko yatandukanye na Barcelona yari amazemo imyaka 21 ariko bigeraho biranga amarira amubunga mu maso kubera ikiniga kinshi.   . Lionel Messi yasezey kuri FC Barcelone ….

Share this:
Posted on
Uncategorized

Miss Bahati Grace yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal shower [AMAFOTO]

Share this:

Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 witegura gukora ubukwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka “Bridal Shower.”   . Miss Bahati Grace yasezeweho n’urungango . Miss…

Share this:
Posted on