Gisozi: Umugore yahangereye umugabo we asinziriye amukata imyanya y’ibanga
Umugore yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha (RIB) akekwaho guhengera umugabo we asinziriye, akamukata igitsina cye amuziza kumuca inyuma. Nk’ uko BTN TV dukesha aya makuru kibivuga, aya mahano yabereye mu Kagari ka Musezero mu Murenge…
DÉJÀ VU waba uzi ikiyitera ibintu bisa nk’ibitangaje biba kuri benshi?
Ese waba warigeze kujya ahantu cg kumva umuntu avuga ibintu ukumva si ubwa mbere ibyo byose biri kuba? Niba byarakubayeho uri umwe muri 70% by’abatuye isi bavuga ko ibi byababayeho cg se bibabaho. Abantu batandukanye bagerageza kuvuga kuri deja…
Sobanukirwa guhurwa no gutwariza ikintu runaka biba ku bagore batwite
Guhurwa mu gihe utwite cg gutwarira biba hafi ku bagore bose batwite, bagira ibyo kurya cyangwa kunywa baba bifuza kurenza ibindi aribyo bita gutwarira. Hari abatwarira ikintu ngo batajyaga banarya, hari abatwarira umuhumuro runaka, ngo hari n’abatwarira guhekenya ibitaka. …
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye icyambu cya Mocimboa da Praia
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zimaze kwigarurira icyambu cya Mocímboa da Praia, ari na ho hari icyicaro gikuru cy’imitwe y’iterabwoba kuva mu myaka ibiri ishize. . Uyu Mujyi kandi niwo uherereremo icyicaro gikuru cy’aka karere n’ikibuga cy’indege. ….
Mu marira n’ikiniga byinshi, Lionel Messi yasezeye Barcelone anavuga ku makuru amwerekeza muri PSG – AMAFOTO
Kuri iki gicamunsi nibwo Lionel Messi yagize ikiganiro n’itangazamakuru agaruka ku isezera ndetse n’uko yatandukanye na Barcelona yari amazemo imyaka 21 ariko bigeraho biranga amarira amubunga mu maso kubera ikiniga kinshi. . Lionel Messi yasezey kuri FC Barcelone ….
Miss Bahati Grace yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal shower [AMAFOTO]
Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 witegura gukora ubukwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka “Bridal Shower.” . Miss Bahati Grace yasezeweho n’urungango . Miss…
James Rodriguez yasabye ikintu gikomeye Lionel Messi anavuga bitangaje byaba kuri PSG iramutse yegukanye Messi
Umunya Colombia ukinira Everton,James Rodriguez,yavuze ko yifuza kubona Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe imwe cyane ko bose bari kwerekeza ku mpera z’umwuga wayo. . PSG yakwegukana ibikombe byose byo mu Bufaransa iramutse iguze Messi . Champions…
Sudani y’Epfo: Abajenerali 2 baguye mu mirwano ya Riek Machar n’abashatse kumuhirika
Amakuru aturuka muri Sudani y’Epfo aravuga ko kuri uyu wa Gatandatu habaye imirwano ikaze hagati y’ibice bibiri by’ishyaka rya Visi Perezida Riek Machar, SPLM-IO, nyuma y’aho uyu ahiritswe ku buyobozi bw’iri shyaka agasimbuzwa Gen. Simon Gatwech Dual. Ni imirwano bivugwa…
Uganda: Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari umugaba wungirije yitabye Imana
Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari Umugaba wungirije w’Inkeragutabara mu ngabo za Uganda yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021, azize uburwayi. . Maj. Gen. Stephen Rwabantu yapfuye .Maj. Gen. Stephen Rwabantu wari umugaba wungirije w’inkeragutabara yatabarutse Umuvugizi wa…
Niba ujya ubona ibi bintu kuri telefoni yawe menya ko wumvirizwa n’undi muntu. Dore icyo ukwiye gukora byihutirwa
Iyi si yabaye umudugudu kubera iterambere riyiriho. Abantu bazanye ibintu byinshi bituma babasha kugera kubyo bifuza. Nibyiza rwose, ariko ni na bibi rwose. Amakompanyi menshi yadukanye udukoresho dukurura abantu rimwe na rimwe tunakoreshwa nabi muri telefoni z’abandi bantu. Nutangira kubona…