Latest post

Niba ujya ubona ibi bintu kuri telefoni yawe menya ko wumvirizwa n’undi muntu. Dore icyo ukwiye gukora byihutirwa

Share this:

Iyi si yabaye umudugudu kubera iterambere riyiriho. Abantu bazanye ibintu byinshi bituma babasha kugera kubyo bifuza. Nibyiza rwose, ariko ni na bibi rwose. Amakompanyi menshi yadukanye udukoresho dukurura abantu rimwe na rimwe tunakoreshwa nabi muri telefoni z’abandi bantu. Nutangira kubona…

Share this:
Posted on

U Burundi bwahaye isezerano rikomeye u Rwanda nyuma yo kurushyikiriza abana bwafashe bukanaruganuza

Share this:

Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi bafatiwe mu Burundi bambutse mu buryo bunyuranyije n’amategeko.   Bwana Cishahayo yijeje…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye gusakirana n’inyeshyamba zicamo zimwe muri zo hanafatwa ibikoresho byinshi – AMAFOTO

Share this:

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zikomeje guhashya imitwe y’iterabwoba muri Mozambique, kuko kuri uyu wa Gatandatu zishe abarwanyi bane mu gitero zagabye ahitwa “1st May”. . Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 4 zinafata ibikoresho byazo . Ingabo za RDF n’iza…

Share this:
Posted on

Neymar Jr yemeye kwigomwa ikintu gikomeye kugirango Lionel Messi amusange muri PSG

Share this:

Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yamaze kugaragaza ko yifuza cyane gukinana na Lionel Messi aho yiyemeje guha nimero 10 yambaraga kizigenza Lionel Messi kugira ngo aze mu ikipe ya PSG imwifuza cyane.   . Neymar Jr yemeye guha Messi…

Share this:
Posted on

Nzategereze anyerekwe? Shaddyboo yasubije Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore yo kwiga gutereta bakava mu iterabwoba

Share this:

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga yasubije umuramyi Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore akabasaba kwiga gutereta bakava mu iterabwoba ryo kuvuga ngo Imana yavuze cyangwa ngo bategereje icyo izavuga.   Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no…

Share this:
Posted on

Abasore gusa: Dore ibintu 11 umukobwa uhamye azagusaba mu rukundo! Kora ibi bintu ubundi wegukane umwiza wihebeye

Share this:

Ikintu cy’ingenzi ukeneye kumenya ku mukobwa ushikamye kandi wihagazeho, ni uko iteka azahora azi agaciro ke. Uyu ni wa mukobwa udashukika byoroshye. . Icyo wakora ukegukana uwo ukunda . Ibi byagufasha gutuma umukobwa ukunda akwihebera . Umukobwa uhamye arangwa n’ibi…

Share this:
Posted on

Uko wakwivura ibiheri byo mu maso cyangwa ibishishi mu buryo bwihuse ukoresheje tungurusumu

Share this:

Abanyarwanda babivuze ukuri ngo ijoro ribara uwariraye! Niba uhura n’ikibazo cyo gusesa ibiheri umunsi ku munsi uzi ipfunwe bitera kuko cyane cyane bikunze kuza hari nk’igikorwa kidasanzwe uteganya nk’ikirori runaka cyangwa ibazwa ry’akazi. . Uko wakwivura indwara y’ibishishi cyangwa ibiheri…

Share this:
Posted on

Ibi ni byo bintu 6 byakugaragariza ko uzasazana n’umukunzi wawe

Share this:

Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima.   . Ibimenyetso byakwereka ko uzasazana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba uzarambana…

Share this:
Posted on

Hari gukorwa indege z’indwanyi z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto

Share this:

Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. . Indege z’indwanyi ziteye imbere kurusha izinda ku isi . Indege z’igisekuru cya 6 . Indege z’indwanyi…

Share this:
Posted on

Rusizi: Umubyeyi yagiye gutabara umwana we wari urohamye mu mugezi nawe agwamo arapfa

Share this:

Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu…

Share this:
Posted on