Latest post

Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya “Special Force” muri Centrafrique

Share this:

Mu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano basinye.   Perezida Kagame yagarutse ku mpamvu yatumye u Rwanda rwohereza ingabo zidasanzwe muri…

Share this:
Posted on

Byamaze kwemezwa ko Lionel Messi yatandukanye burundu na FC Barcelone

Share this:

Umunyabigwi akaba yari na kapiteni w’ikipe ya FC Barcelona, Lionel Messi yamaze gutandukana n’iyi kipe yakoreyemo amateka akomeye nyuma yo kunanirwa kumuha ibyo yifuza bitewe n’ikibazo cy’ubukungu ifite.   Nubwo ikipe n’umukinnyi bari bamaze kumvikana ndetse bamaze no kumvikana ku…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Umwana yavutse atwite impanga 2 abaganga bazimukuramo banahishura uko byagenze

Share this:

Abaganga mu bitaro byitwa Assuta Medical Center biri ahitwa Ashod muri Israel bakuye insoro (embryos) ebyiri zari zirimo gukurira mu mwana w’umukobwa wari umaze kuvuka.   Ibi byabaye mu ntangiriro za Nyakanga bizwi mu buvuzi nka fetus-in-fetu, nk’uko Times of…

Share this:
Posted on

Mangwende werekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat yagize icyo atangaza

Share this:

Myugaruro Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yatangaje ko yiteguye guha FAR Rabat ibyo afite byose, nyuma yo kumwerekana nk’umukinnyi wayo mushya. . Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yerekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat . Ibyishimo bya Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende uri mu ikipe ya FAR…

Share this:
Posted on

Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bapfa akabariro

Share this:

Umugabo wo mu Karere ka Rubanda muri Uganda, Kwesiga Denis, yagambiriye gutwikira mu nzu umugore we, Ahimbisibwe Rachel w’imyaka 35, kuko yanze batera akabariro ndetse akamwima ibiryo. Kwesiga w’imyaka 34 asanzwe atuye ku cyaro cya Bigyegye ahitwa Muko yatwitse inzu…

Share this:
Posted on

Abantu 17 bari mu bukwe bakubiswe n’inkuba barapfa

Share this:

Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze.   Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru…

Share this:
Posted on

Dore ibimenyetso 7 bizakwereka ko vuba cyane umukunzi wawe agiye kugusimbuza undi! Igengesere

Share this:

Imibanire y’abantu ubusanzwe si ikintu cyo kwizera ngo wumve utuje. Iteka ukwiriye kujya ukoresha neza amahirwe ufite ku muntu ariko ukanagenzura niba uri kwitwara neza kandi ukirinda gukinwa. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibimenyetso 7 bizakwereka ko uwo muntu muri…

Share this:
Posted on

Dore impamvu uhorana amarira adashira kandi ufite umukunzi

Share this:

Iteka umuntu ahorana icyifuzo cyo kuzakundana n’umuntu uzamuha ibyishimo byose ndetse akamukunda. Kwikunda ntabwo bimara igihe kandi ntabwo biba bihagije. Urukundo ni rwiza ariko ruzagusaba imbaraga no kumenya neza ko wabonye icyo wifuzaga. Bizarenga kuba urebera inyuma. Urukundo rw’ukuri rugendera…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Imbere yawe hahagaze abasore 2: uw’ubu n’uwa burundu. Iyi nkuru iragufasha kubasobanukirwa bityo umenye amahitamo yawe

Share this:

Umuntu ugukinisha azakoresha imbaraga ze, kugeza amenye ko wahindutse agakombe ke k’icyayi (Kugeza amenye ko igihe agushakira azajya akubona), ubundi akagukoresha ibyo ashaka. Iyi nkuru iraguha ishusho ndetse igufashe no guhitamo umukunzi.    . Uko Watandukanya Umusore W’iraha N’umusore Ugukunda…

Share this:
Posted on

Umujenerali wirukanwe na Ethiopia akaba ayizengereje bwa mbere yagize icyo atangaza

Share this:

Umukuru w’inyeshyamba zo mu Karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia, Gen Tsadkan Gebretensae, kuva yatangira kuyobora imirwano yagize icyo atangaza, yemeza ko bazakomeza kurwana kugeza hubahirijwe ibyo basaba kugira ngo agahenge kabeho. Gen Tsadkan Gebretensae, w’imyaka 68, yavuze ko…

Share this:
Posted on