Latest post

Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu n’uko uyu munsi wizihizwa

Share this:

Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya…

Share this:
Posted on

Niyonzima Olivier “Seif” wirukanwe na APR FC ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports

Share this:

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Kanama 2021, ni bwo hamenyekanye amakuru ko Niyonzima Olivier uzei nka Seif ari mu biganiro byimbitse na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa na APR FC nubwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu itagize icyo itangaza….

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Leta ya Mozambique zamenesheje inyeshyamba mu birindiro bikuru byazo

Share this:

Igitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga “nk’icyicaro cyazo”.   . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zikomeje guhashya inyeshamba . Inyeshyamba zigometse ku…

Share this:
Posted on

Abasore: Aya ni yo magambo 7 anyura amatwi y’umukobwa uwo ari we wese

Share this:

Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugira ngo arusheho kukwiyumvamo cyane, ku bagabo bubatse cyangwa abasore bafite abakobwa bakundana nabo ni ngombwa cyane ko bamenya amagambo meza ashimisha cyane igitsinagore kurusha ayandi.   . Uko wakwifuriza umukunzi ijoro…

Share this:
Posted on

Isaha ya Rick Ross ikomeje kuvugisha benshi kubera igiciro yayiguze

Share this:

Umuraperi akaba n’umushoramari Rick Ross yerekanye isaha aherutse kugura yatanzeho akayabo ka miliyoni 2 z’amadolari bituma benshi bamubwira ko yasesaguye. Uyu muraperi akaba kandi yahishuye ko amafaranga yayitanzeho kuri we ari macye ndetse ko abamuneguye ko yasesaguye batazi akamaro ko…

Share this:
Posted on

Tokyo: Umunyarwandakazi yatoranyijwe mu bazasifura umukino wa nyuma wa Olympic uzahuza Canada na Sweden

Share this:

Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwandakazi, Mukansanga Slma Rhadia, yatoranyijwe mu basifuzi bazayobora umukino wa nyuma mu mikino Olempike y’i Tokyo 2020, uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore.   Salma azaba ari umusifuzi wa kane ku mukino wa nyuma uzahuza Canada na…

Share this:
Posted on

Ruhango: Hagaragaye umusore ujya mu mihango nk’abakobwa ibintu avuga ko bimutera uburibwe bukomeye ndetse bikamubangamira cyane

Share this:

Biratangaje cyane kumva hari umuhungu ujya mu mihango nk’abakobwa, bibaho mu gihe yavutse afite ibice bijya guhura niby’abakobwa kandi ari umuhungu, nk’uko mu Karere ka Ruhango hano mu Rwanda havugwa umusore ujya mu mihango y’abakobwa.   . Umusore ujya mu…

Share this:
Posted on

Bugesera: Abasore 2 baguye mu muvure bataramo inzoga barapfa

Share this:

Mu Karere ka Bugesera Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha [RIB] rwataye muriyombi Uwitwa Uwamariya Beata ukekwaho urupfu rw’Abasore babiri.    Amakuru dukesha ikinyamakuru MUHABURA, avuga ko uyu mugore yatawe muri yombi ku…

Share this:
Posted on

Visi Perezida wa Kenya yasuguwe ku rwego rutigeze rubaho – Depite Ndindi Nyoro

Share this:

Abari bagiye kujyana nawe bavuze ko Visi Perezida William Ruto yamaze amasaha atanu n’igice ku kibuga cy’indege i Nairobi “asuzugurwa”, birangira abujijwe kujya mu ruzinduko bwite muri Uganda.   . Agasuzuguro kakorewe Visi Perezida wa Kenya, RUTO, ngo nta bundi…

Share this:
Posted on

Nyamagabe: GItifu w’umurenge yashyize akagari muri guma mu rugo aterwa utwatsi n’akarere

Share this:

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa 3 Kanama 2021 bwatesheje agaciro amabwiriza yo kwirinda Covid-19 Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare yashyiriyeho abaturage ayoboye. Amabwiriza uyu Gitifu witwa Ndagijimana Gustave yayashyizeho kuri uyu wa 3 Kanama 2021. Arimo irishyira Akagari…

Share this:
Posted on