I ibintu 5 ubyitayeho buri munsi byatuma ugira uburanga butangaje
Uburanga ni kimwe mu bintu umuntu wese yitaho cyane cyane abakobwa usanga bahora bashakisha ibintu byabafasha kongera ubwiza ndetse no guhorana uburanga igihe cyose. Hari ibintu 5 byoroshye bifasha abakobwa guhorana uburanga. . Ibintu byagufasha kugira uruhu rwiza ….
Umusore wiga ubuganga yahuye n’isanganya ubwo yasanga umurambo bamuhaye kwigiraho ari uw’umukunzi we yabuze
Birashavuza kumara imyaka n’imyaka ushakisha umukunzi wawe wari warabuze uzi ko uzongera kumubona kuko utazi irengero rye uti ‘wenda azaza’, gusa ibyabaye ku musore w’umunyeshuri witwa Enye Egbe wo muri Nigeria, ni agahomamunwa nyuma yo guhabwa umurambo w’umukunzi we ngo…
Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi mu nzira zo kwisubiza amatware ya Se
Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya…
Uwari Minisitiri w’ingabo muri Tanzania yitabye Imana
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda, yatangaje ko Elias John Kwandikwa wari Minisitiri w’Ingabo za Tanzania yitabye Imana. . Elias John Kwandikwa wari Minisitri w’ingabo muri Tanzaniya yapfuye . Elias John Kwandikwa yatabarutse . Perezida…
Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70
Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri…
Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. …
Kera kabaye Vestine & Dorcas basinye amasezerano na M.I Entertainment ya Murindahabi Irene
Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E y’Umunyamakuru Murindahabi Irénée. . M.I.E na Vestine & Dorcas basinye amasezerano y’imikoranire…
Miss Amanda Isimbi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga yibarutse umukobwa
Miss Isimbi Amanda wabye nkampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2013 na Wamukota Tom Bush usanzwe ari umukinnyi wa Patriots BBC bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa . Miss Amanda yabyaye umukobwa . Miss Amanda…
Wari uzi ko intonganya mu rukundo ari ingenzi?Dore imimaro 6 ikomeye bibazanira
Hari ubwo uzahura n’abantu bakundana ariko usange iteka bavuga ko batajya batongana na rimwe. Mbese usanga bavuga ko bahora mu mahoro.Hari n’abo uzasanga rimwe na rimwe bacishamo bagashwana bakagira utwo batumvikanaho kandi bikabakomeza mu rukundo rwabo. Uzibuke iyi nkuru n’uhura…
Su-57: Ibidasanzwe ku ndege y’indwanyi yo mu gisekuru cya 5 y’Abarusiya yitezweho guhanga n’iza mukeba wabwo USA – AMAFOTO
Indege ya Sukhoi Su-57 ni indege y’intambara yo mu gisekuru cya gatanu yakorewe igisirikare kirwanira mu kirere cy’Abarusiya. Inzobere mu by’igisirikare cyo mu kirere bahamya ko ubushobozi bwa Su-57 buje kongerera imbaraga zidanzwe igisirikare cy’Abarusiya. Iyi ndege ifite agaciro kabarirwa…