Latest post

Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70

Share this:

Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye

Share this:

Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.  …

Share this:
Posted on

Kera kabaye Vestine & Dorcas basinye amasezerano na M.I Entertainment ya Murindahabi Irene

Share this:

Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E y’Umunyamakuru Murindahabi Irénée. . M.I.E na Vestine & Dorcas basinye amasezerano y’imikoranire…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Miss Amanda Isimbi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga yibarutse umukobwa

Share this:

Miss Isimbi Amanda wabye nkampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2013 na Wamukota Tom Bush usanzwe ari umukinnyi wa Patriots BBC bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa   . Miss Amanda yabyaye umukobwa . Miss Amanda…

Share this:
Posted on

Wari uzi ko intonganya mu rukundo ari ingenzi?Dore imimaro 6 ikomeye bibazanira

Share this:

Hari ubwo uzahura n’abantu bakundana ariko usange iteka bavuga ko batajya batongana na rimwe. Mbese usanga bavuga ko bahora mu mahoro.Hari n’abo uzasanga rimwe na rimwe bacishamo bagashwana bakagira utwo batumvikanaho kandi bikabakomeza mu rukundo rwabo. Uzibuke iyi nkuru n’uhura…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Su-57: Ibidasanzwe ku ndege y’indwanyi yo mu gisekuru cya 5 y’Abarusiya yitezweho guhanga n’iza mukeba wabwo USA – AMAFOTO

Share this:

Indege ya Sukhoi Su-57 ni indege y’intambara yo mu gisekuru cya gatanu yakorewe igisirikare kirwanira mu kirere cy’Abarusiya. Inzobere mu by’igisirikare cyo mu kirere bahamya ko ubushobozi bwa Su-57 buje kongerera imbaraga zidanzwe igisirikare cy’Abarusiya. Iyi ndege ifite agaciro kabarirwa…

Share this:
Posted on

Gusezera ku mupira kwa Kwizera Olivier ikinamico ikinwa Rayon Sports ishobora gusorezwa muri APR FC

Share this:

Nyuma y’uko umunyezamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Kwizera Olivier, atangaje ko asezeye burundu ku mupira w’amaguru benshi ntibabyemere abandi ntibabyizere, biravugwa ko ari amayeri uyu mukinnyi ari gukoresha kugira ngo aheze burundu amasezerano y’umwaka yari afitiye Rayon Sports,…

Share this:
Posted on

Umukinnyi wa Filime Jay Pickett yitabye Imana ari gufatwa amashusho ya Filime yiteguraga gusohora

Share this:

Umukinnyi wa filime w’umunyamerika ukunzwe cyane muri Filime zitandukanye, Jay Pickett yapfuye ari mu gikorwa cy’akazi ke mu ifatwa ry’amashusho ya Filme yiteguraga gusohora.   Nk’uko amakuru y’ikinyamakuru USA Today abitangaza, ibi byabaye mu gihe yari gufata amashusho. Yitabye Imana…

Share this:
Posted on

Umugore akomeje gukora amafoto akomeje kuvugisha benshi ku isi ndetse akaba agiye kumugira umuherwe

Share this:

Umugore ukomeje gutungura benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ubuhanga yifitemo mugukora amafoto asekeje kandi atangaje .   Catherine Jepkembi umugore w’umunyempano zitangaje w’imyaka 25 ,ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutugurana mu mafoto atagaje ashyira kumbuga nkoranyambaga n’ubuhanga bwo kwifotoza…

Share this:
Posted on

Abafana ba Rayon Sports bazindukiye ku biro byayo kubaza abayobozi ku hazaza hayo

Share this:

Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports biganjemo abazwi nk’aba hooligans baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite y’ikipe iyobowe na Jean Fidèle Uwayezu kugira ngo bahane ibitecyerezo ku hazaza h’iyi kipe.   Nyuma yo kurangiza ku mwanya…

Share this:
Posted on