Latest post

Niba wajyaga urya indimbu ukajugunya ibishishwa dore ibintu bikomeye uba uhombye

Share this:

Ibishishwa by’indimu nubwo benshi bakunda kubijugunya, nyamara byuzuyemo intungamubiri, enzymes n’ibindi binyabutabire bifitiye akamaro gatandukanye umubiri wacu. Hari ubushakashatsi bumwe na bumwe bwerekana ko binakize cyane ku ntungamubiri kurenza indimu ubwayo.   Ibishishwa by’indimu byuzuyemo vitamin C, calcium, potasiyumu ifasha…

Share this:
Posted on

Wari uzi ko umwana avukana ibihorihori 4? Sobanukirwa akamaro kabyo, igihe bisaba ngo byifunge n’icyo bisobanuye ku mikuririe y’umwana

Share this:

Igihorihori (fontanelle mu cyongereza) ni umwanya uba umeze nk’aho utarimo igufa, iyo urebye witonze mu ruhanga rw’uruhinja.   Nta mwana utakivukana kandi kiba ahantu 4 nubwo aho dukunze kubona ari 2; hari igihorihori cyo mu mutwe hejuru ari na cyo…

Share this:
Posted on

Umukobwa uhorana ipfunwe ry’amabere ye manini cyane yavuze akaga gakomeye yamuteye

Share this:

Umukobwa witwa Esme Clemson w’imyaka 20 ukomoka ahitwa Wolverhampton, mu Bwongereza, yavuze ko amabere ye ari Manini cyane ndetse yigeze kurangara ari kotsa inyama akora ku cyokezo arashya bikomeye.   Esme Clemson yavuze ko adakunda ubunini bw’amabere ye kubera ukuntu…

Share this:
Posted on

Biratangaje: Nyuma yo kubenga abasore benshi yasezeranye na nyina umubyara kubana akaramata anahishura icyabimuteye

Share this:

Umukobwa w’imyaka 26 wabenze abasore benshi yakoze ubukwe na nyina w’imyaka 44 bemerenya kubana akaramata. Uyu mukobwa yahishuye ikintu gikomeye cyabimuteye, nyina we avuga ko gukora ubukwe n’umukobwa we biri mu bintu bya mbere bimushimishije mu buzima bwe.   Uyu…

Share this:
Posted on

Uyu musore yaragusariye! Niba ubona ibi bimenyetso nushaka utabare hakiri kare

Share this:

Niba ari urukundo rw’ukuri agufitiye ndakurahiye uzabimenya, uzabimenya.   Biroroshye gukuza amarangamutima yawe ku musore runaka ugushaka, mbese ukihingamo kumukunda biroroshye rwose, ariko bifata agahe gato nanone kumenya neza niba koko ari we, kubera isoni hagati yanyu mwembi, gukekeranya, ndetse…

Share this:
Posted on

Ibyo Wamenya Ku Ndege Bwite Ya Messi Ifite Ubwogero(Douches) 2 N’igikoni – AMAFOTO

Share this:

Iyi ndege y’igiciro kandi ifite ubwiza butangaje igura milioni 12 zose z’amapawundi akoreshwa mu Bwongereza ni ukuvuga asaga Miliyari 16RWF bijyanye n’ubuhangange bw’icyamamare Messi ukinira ikipe ya FC Barcelone. Ku ngazi umuntu yuririraho ajya muri iyi ndege handitseho amazina y’umuryango…

Share this:
Posted on

Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye

Share this:

Iyo abantu bakundana bifuza kurushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo.   Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye:  …

Share this:
Posted on

Umukobwa wagaragaye atwika amakaye ndetse n’abandi bagagaye bayashwanyaguza bamenyekanye abayobozi b’ibigo bigaho bagira icyo babivugaho

Share this:

Abantu batandukanye hirya no hino mu gihugu bagaragaje ko bababajwe n’iyi myitwarire bamwe bakanabihuza n’uburere buke. Imbuga nkoranyambaga zirimo Watsapp, Facebook na twitter zanyeganyejwe n’aya mashusho agaragaramo umukobwa wicaye ari gutwika amakayi n’ibitabo, ari nako abivugiraho amagambo. Umukobwa utwika amakayi…

Share this:
Posted on

Amashuri yo mu byiciro bitandukanye yahawe igihe cyo gutangiriraho

Share this:

Nyuma yo gukura Umujyi wa Kigali n’uturere 8 muri Guma mu rugo,MINEDUC yahise itangaza ko amashuri y’inshuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza azatangira igihembwe cya 3 tariki ya 2 Kanama.   Amashuri makuru azakomeza akore nk’ibisanzwe. Ayo mu Mujyi wa…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza

Share this:

Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke.   Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe…

Share this:
Posted on