Latest post

Gusezera ku mupira kwa Kwizera Olivier ikinamico ikinwa Rayon Sports ishobora gusorezwa muri APR FC

Nyuma y’uko umunyezamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Kwizera Olivier, atangaje ko asezeye burundu ku mupira w’amaguru benshi ntibabyemere abandi ntibabyizere, biravugwa ko ari amayeri uyu mukinnyi ari gukoresha kugira ngo aheze burundu amasezerano y’umwaka yari afitiye Rayon Sports,…

Posted on

Umukinnyi wa Filime Jay Pickett yitabye Imana ari gufatwa amashusho ya Filime yiteguraga gusohora

Umukinnyi wa filime w’umunyamerika ukunzwe cyane muri Filime zitandukanye, Jay Pickett yapfuye ari mu gikorwa cy’akazi ke mu ifatwa ry’amashusho ya Filme yiteguraga gusohora.   Nk’uko amakuru y’ikinyamakuru USA Today abitangaza, ibi byabaye mu gihe yari gufata amashusho. Yitabye Imana…

Posted on

Umugore akomeje gukora amafoto akomeje kuvugisha benshi ku isi ndetse akaba agiye kumugira umuherwe

Umugore ukomeje gutungura benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ubuhanga yifitemo mugukora amafoto asekeje kandi atangaje .   Catherine Jepkembi umugore w’umunyempano zitangaje w’imyaka 25 ,ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutugurana mu mafoto atagaje ashyira kumbuga nkoranyambaga n’ubuhanga bwo kwifotoza…

Posted on

Abafana ba Rayon Sports bazindukiye ku biro byayo kubaza abayobozi ku hazaza hayo

Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports biganjemo abazwi nk’aba hooligans baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite y’ikipe iyobowe na Jean Fidèle Uwayezu kugira ngo bahane ibitecyerezo ku hazaza h’iyi kipe.   Nyuma yo kurangiza ku mwanya…

Posted on

Bugesera: Imodoka yari itwaye ibicuruzwa yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari ihagaritswe na Polisi

Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita ishya.   Iyi modoko yo mu bwoko buzwi nka Taxi Min-Bus, yahiye mu gitondo…

Posted on

Witegereza birenze! Uyu mukobwa aragukunda n’ubwo atabikubwiye niba agukorera ibi bikurikira

Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo.   . Dore ibimenyetso byakugaragariza ko umukobwa agukunda…

Posted on

Umugabo wanjye araranye boxer nasaba gatanya naho umugore wima cheri we ni inkunguzi – Bishop Brigitte arabivuze

Bishop Mukanziga Brigitte yahanuye abashakanye barara bambaye abita “inkunguzi” agaragaza ko bisenya ingo.       Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV kibanze ahanini ku busabane bw’umugore n’umugabo mu cyumba yagaragaje ko abarara bambaye bibakururira ibyago byo gusenya ingo zabo. …

Posted on

RBC: Igiciro cyo kwipimisha covid-19 cyagabanyijwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima [RBC] cyatangaje ku mugoroba w’iki Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 ko igiciro cyo kwipimisha COVID-19 byihuse (Rapid Test) mu mavuriro y’abikorera cyakuwe ku 10,000 Frw cyari kiriho gishyirwa ku 5,000 Frw .   RBC yavuze ko…

Posted on

Perezida Samia Suhulu aragirira uruzinduko rwe mu Rwanda guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021

Ibiro bya Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania byemeje ko Samia Suluhu Hassan byemeje ko guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021 agirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.  Ni amakuru yari yaratangajwe mbere na Ambasaderi wa Tanzania mu Rwanda…

Posted on

Inkingo za Covid-19 Norvège yanze gukoresha kubera ingaruka zazo, yazihaye Uganda

Guverinoma ya Norvège yahaye iya Uganda doze 286,080 z’inkingo za Astrazeneca yavuze ko itazongera gukoresha guhera muri Gicurasi 2021 bitewe n’ingaruka zagiraga ku baturage zirimo kuvura kw’amaraso. Izi nkingo zakiriwe na Minisitiri w’Ubuzima wa Uganda, Dr Jane Ruth Aceng mu…

Posted on