U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus
Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga…
Kenya: Abaganga n’abaforomo / kazi b’abashomeri bemerewe akazi mu Bwongereza
Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i…
Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera. Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta…
Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso
Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo. Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri…
Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika
Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye. Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara…
Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga…
Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye…
Urubanza rw’umunyamakuru wakubitiwe i Nyagatare: Komanda wa Polisi arashinjwa guhisha ibimenyetso, Meya akabangamira iperereza
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rubona muri Nyagatare n’abo yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Karangazi, aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa umunyamakuru Ntirenganya Charles wa Flash FM. Muri uru…
Ibimenyetso simusiga byagaragariza umukobwa ko akundana n’umugabo wubatse atabizi
Hari igihe umukobwa aba akundana n’umugabo wubatse ufite urugo nyamara we agakeka ko yitomboreye umusore ndetse akanishuka ko abonye uwo Imana yamugeneye ngo bazarushinge. Ibi ni ibimenyetso byakwereka umukobwa ko yayobeye ku mugabo w’abandi atabizi nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema…
RDC: Joseph Kabila arishyuza Leta ibirarane by’umushahara we by’amezi 6 bingana n’asaga miliyari 3.7RWF
Minisitiri w’imari wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, umaze amezi 3 muri guverinoma, avuga ko yishyuye nibura inshuro imwe umushahara w’uwahoze ari umukuru w’igihugu Joseph Kabila. Nicolas Kazadi, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ejo i Kinshasa, ko nawe yatangajwe…