Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza
Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe…
King James, Shaddyboo, K8 Kavuyo na bagenzi babo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bahishuye icyari cyabajyanye i Rutsiro n’uko umugambi wanogejwe
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu umunani barimo Ruhumuliza James uzwi nka King James Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi barimo abanyamideli batandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Shaddyboo ni umwe…
Umukinnyi wa Filime Mukarujanga yibarutse umukobwa
Umukinnyi wa Filime uzwi nka Mukarujanga yibarutse ubuheta akaba umwana wa kabiri nawe w’umukobwa. Umukinnyi w’amafilime wamenyekanye nka Mukarujanga, yibarutse umwana w’umukobwa kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Nyakanga 2021 akaba yabyariye mu bitaro bikuru bya Kigali bizwi ku…
MINEDUC igiye guhana ba banyeshuri bagaragaye bishwanyagurijeho imyenda n’abatwitse amakayi yabo nyuma yo kurangiza ibizami
Minisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine Uwamariya yatangaje ko bababajwe n’imyitwarire y’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bakagaragara batwika amakayi bigiyemo abandi bakishwanyagurizaho imyenda y’ishuri. Ku mbuga Nkoranyambaga hiriwe amashusho n’amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya leta mu minsi ishize hanyuma bashwanyaguza imyenda yabo abandi bacagagura…
King James na Shaddy Boo bafatiwe I Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Umuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James na Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi bantu 8 bari kumwe, bafatiwe mu karere ka Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID19. Bafashwe kuri uyu wa Kane tariki 29 Nyakanga 2021 bari…
Abanyeshuri baciye imyenda abandi batwika amakaye bigiragamo nyuma yo gusoza ikizamini cya Leta – AMAFOTO
Ku mbugankoranyambaga by’umwihariko Twitter,hakomeje gucaracara amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta barangije bishwanyagurizaho imyenda y’ishuri abandi batwika amakayi bigiyemo. Muri aya mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje bamwe muri abo banyeshuri bakataguye imyenda y’ishuri bambaye mu gihe hari abandi…
Real Madrid: Mu marira Ramos yasezeye Varane bari bamaranye imyaka isaga 10 mu bwugarizi aho bari kumwe batsinzwe imikino 2 gusa
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Manchester United yatangaje ko yamaze kumvina na Real Madrid Kuri Raphael Varane wari umaze imyaka isaga 10 yambara Umweru n’umukara. Varane yageze muri Real Madrid asanga Sergio Ramos amazemo imyaka 6 yamwakiriye nk’umwana…
Umusore yahisemo kwica umukunzi we wari ugiye kumusiga akajya Qatar mu kazi yibwirako nagera i mahanga azamwanga
Akenshi umunyenga w’urukundo ugaragara iyo abakundana batuye mu gace kamwe cyangwa mu gihugu kimwe aho babasha guhura rimwe na rimwe bitagoranye, iyo umukunzi wawe agusezeye agiye i mahanga ushobora kumva ikiniga ukibwira ko azakwanga kubera kutakubona ibyatumye umusore wo muri…
Agashya: Kompanyi y’abashinwa yaciye agahigo ko kubaka inzu y’amagorofa(etages) 10 mu masaha 28 gusa
Iyo umuntu avuze ko iterambere ryihuta nk’umuyaga ni imvugo ivugwa kugira ngo bikumvishe ko hari umuhanda cyangwa inyubako zishora kuzura mu gihe gito cyane nk’uko Broad Group, Kompanyi y’Abashinwa yakoze amateka ku isi ikuzuza inzu ya Etaje 10 mu masaha…
U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus
Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga…