Latest post

Umugabo wanjye araranye boxer nasaba gatanya naho umugore wima cheri we ni inkunguzi – Bishop Brigitte arabivuze

Bishop Mukanziga Brigitte yahanuye abashakanye barara bambaye abita “inkunguzi” agaragaza ko bisenya ingo.       Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV kibanze ahanini ku busabane bw’umugore n’umugabo mu cyumba yagaragaje ko abarara bambaye bibakururira ibyago byo gusenya ingo zabo. …

Posted on

RBC: Igiciro cyo kwipimisha covid-19 cyagabanyijwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima [RBC] cyatangaje ku mugoroba w’iki Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 ko igiciro cyo kwipimisha COVID-19 byihuse (Rapid Test) mu mavuriro y’abikorera cyakuwe ku 10,000 Frw cyari kiriho gishyirwa ku 5,000 Frw .   RBC yavuze ko…

Posted on

Perezida Samia Suhulu aragirira uruzinduko rwe mu Rwanda guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021

Ibiro bya Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania byemeje ko Samia Suluhu Hassan byemeje ko guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021 agirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda.  Ni amakuru yari yaratangajwe mbere na Ambasaderi wa Tanzania mu Rwanda…

Posted on

Inkingo za Covid-19 Norvège yanze gukoresha kubera ingaruka zazo, yazihaye Uganda

Guverinoma ya Norvège yahaye iya Uganda doze 286,080 z’inkingo za Astrazeneca yavuze ko itazongera gukoresha guhera muri Gicurasi 2021 bitewe n’ingaruka zagiraga ku baturage zirimo kuvura kw’amaraso. Izi nkingo zakiriwe na Minisitiri w’Ubuzima wa Uganda, Dr Jane Ruth Aceng mu…

Posted on

Kirehe: Umubyeyi yashyikirijwe umurambo w’umwana we, yanga kuwushyingura

Umuturage witwa Rukiriza Reverien utuye mu mudugudu wa Nyabubare, Akagari ka Bisagara mu murenge wa Mushikiri w’Akarere ka Kirehe ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 31 Nyakanga 2021 yashyikirijwe umurambo w’umuhungu we witwa Bizimana Charles wishwe na Hakizimana…

Posted on

Abanyeshuri batwitse ibikoresho by’ishuri nyuma yo kurangiza ibizamini batawe muri yombi aho bashobora gukatirwa igifungo cy’imyaka hagati ya 3 na 5 baramutse bahamwe n’icyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abanyeshuri batanu bakoze igisa n’imyigaragambyo bagatwika ibikoresho by’ikigo cy’ishuri birimo ibitanda bararagaho.   Aba banyeshuri biga muri Esecom Rugano TVET School, bakoze igisa n’imyigaragambyo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Nyakanga 2021,…

Posted on

Ibintu 4 utagomba gukorera umukobwa uko waba umukunda kose

Umusore wakunze yitwara mu buryo butangaje. Nk’undi muntu wese wakunze biragora kenshi kugenzura amarangamutima ye igihe ahuye n’umwari yihebeye, ndetse, ntibiba bigishoboka kumubonaho inenge cyangwa imyitwarire mibi. Yemwe n’ubimubwiye ashobora guhinduka umwanzi ako kanya.    Iyo yakunze aba asa n’uwahumye…

Posted on

Kuva imyuna: ikibitera, ibimenyetso n’uko wakwirinda kuva imyuna

Kuva imyuna bishobora kuba ikibazo gikomeye k’uyifite, ariko ku bw’amahirwe akenshi ntago aba ari ikibazo gikomeye kandi gishobora gukemurwa mu buryo bworoshye.   Imyuna igabanyije mu byiciro 2; kuva bishobora guturuka imbere cyane mu mazuru cg mu gice cy’inyuma mu…

Posted on

Kubyara umwana udashyitse: ikibitera n’igishobora kukwereka ko ugiye kumubyara n’uko wabyirinda

Kubyara umwana udashyitse bivugwa igihe cyose umwana avutse inda itarageza ku byumweru 37 kuva umugore asamye. Iki gihe kikaba kibarwa uhereye ku munsi aheruka kuboneraho imihango.   Kubyara umwana udashyitse ni ikibazo ku isi yose, kuko buri mwaka ugereranyije abana…

Posted on

Niba wajyaga urya indimbu ukajugunya ibishishwa dore ibintu bikomeye uba uhombye

Ibishishwa by’indimu nubwo benshi bakunda kubijugunya, nyamara byuzuyemo intungamubiri, enzymes n’ibindi binyabutabire bifitiye akamaro gatandukanye umubiri wacu. Hari ubushakashatsi bumwe na bumwe bwerekana ko binakize cyane ku ntungamubiri kurenza indimu ubwayo.   Ibishishwa by’indimu byuzuyemo vitamin C, calcium, potasiyumu ifasha…

Posted on