Latest post

Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF

Share this:

Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera.   Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta…

Share this:
Posted on

Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso

Share this:

Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo.   Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri…

Share this:
Posted on

Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika

Share this:

Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye.   Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe   Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara…

Share this:
Posted on

Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC.   Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga…

Share this:
Posted on

Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo

Share this:

Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye…

Share this:
Posted on

Urubanza rw’umunyamakuru wakubitiwe i Nyagatare: Komanda wa Polisi arashinjwa guhisha ibimenyetso, Meya akabangamira iperereza

Share this:

Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rubona muri Nyagatare n’abo yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Karangazi, aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa umunyamakuru Ntirenganya Charles wa Flash FM. Muri uru…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso simusiga byagaragariza umukobwa ko akundana n’umugabo wubatse atabizi

Share this:

Hari igihe umukobwa aba akundana n’umugabo wubatse ufite urugo nyamara we agakeka ko yitomboreye umusore ndetse akanishuka ko abonye uwo Imana yamugeneye ngo bazarushinge.   Ibi ni ibimenyetso byakwereka umukobwa ko yayobeye ku mugabo w’abandi atabizi nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema…

Share this:
Posted on

RDC: Joseph Kabila arishyuza Leta ibirarane by’umushahara we by’amezi 6 bingana n’asaga miliyari 3.7RWF

Share this:

Minisitiri w’imari wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, umaze amezi 3 muri guverinoma, avuga ko yishyuye nibura inshuro imwe umushahara w’uwahoze ari umukuru w’igihugu Joseph Kabila. Nicolas Kazadi, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ejo i Kinshasa, ko nawe yatangajwe…

Share this:
Posted on

Umugabo yasanze ibuye rigura Frw miliyari 100 na miliyoni 732 mu isambu ye

Share this:

Urwego rushinzwe iby’umutungo kamere muri Sri Lanka ruvuga ko umugabo utavuzwe amazina, ubwo yacukuraga iriba mu isambu ye, yageze ku ibuye ryitwa Sapphire rifite agaciro ka $ miliyoni 100 (Frw miliyari 100 na miliyoni 732).   Gamage usanzwe acuruza imitako…

Share this:
Posted on

Umwalimu w’amashuri abanza yarahiriye kuba perezida wa Peru

Share this:

Nyuma y’amatora maremare arimo amahari, Padro Castillo yarahiriye kuba perezida wa Peru. Intsinzi ye yanyeganyeje abakomeye muri politiki n’ubucuruzi muri iki gihugu cyashegeshwe n’icyorezo cya Covid.   Pedro wavukiye mu gace k’icyaro kari mu dukennye cyane mu gihugu, yakuze afasha…

Share this:
Posted on