Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika
Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye. Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara…
Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga…
Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye…
Urubanza rw’umunyamakuru wakubitiwe i Nyagatare: Komanda wa Polisi arashinjwa guhisha ibimenyetso, Meya akabangamira iperereza
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rubona muri Nyagatare n’abo yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Karangazi, aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa umunyamakuru Ntirenganya Charles wa Flash FM. Muri uru…
Ibimenyetso simusiga byagaragariza umukobwa ko akundana n’umugabo wubatse atabizi
Hari igihe umukobwa aba akundana n’umugabo wubatse ufite urugo nyamara we agakeka ko yitomboreye umusore ndetse akanishuka ko abonye uwo Imana yamugeneye ngo bazarushinge. Ibi ni ibimenyetso byakwereka umukobwa ko yayobeye ku mugabo w’abandi atabizi nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema…
RDC: Joseph Kabila arishyuza Leta ibirarane by’umushahara we by’amezi 6 bingana n’asaga miliyari 3.7RWF
Minisitiri w’imari wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, umaze amezi 3 muri guverinoma, avuga ko yishyuye nibura inshuro imwe umushahara w’uwahoze ari umukuru w’igihugu Joseph Kabila. Nicolas Kazadi, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ejo i Kinshasa, ko nawe yatangajwe…
Umugabo yasanze ibuye rigura Frw miliyari 100 na miliyoni 732 mu isambu ye
Urwego rushinzwe iby’umutungo kamere muri Sri Lanka ruvuga ko umugabo utavuzwe amazina, ubwo yacukuraga iriba mu isambu ye, yageze ku ibuye ryitwa Sapphire rifite agaciro ka $ miliyoni 100 (Frw miliyari 100 na miliyoni 732). Gamage usanzwe acuruza imitako…
Umwalimu w’amashuri abanza yarahiriye kuba perezida wa Peru
Nyuma y’amatora maremare arimo amahari, Padro Castillo yarahiriye kuba perezida wa Peru. Intsinzi ye yanyeganyeje abakomeye muri politiki n’ubucuruzi muri iki gihugu cyashegeshwe n’icyorezo cya Covid. Pedro wavukiye mu gace k’icyaro kari mu dukennye cyane mu gihugu, yakuze afasha…
AS Kigali ni yo yegukanye Haruna Niyonzima na Emery Bayisenge
Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana na Haruna Niyonzima waherukaga kuyivamo asubiye muri Young Africans muri 2020 ndetse uyu yiyongereyeho Emery Bayisenge wari warangije amasezerano nyuma akaza kwemera kuyongera. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ni bwo Perezida…
Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye
Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo. Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid…