Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye
Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo. Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid…
Mozambique: Min. Biruta na RDF batangaje uko ibitero ku nyeshyamba byangenze, abapfuye n’abakomeretse n’uko uko byangenze ngo ingabo z’u Rwanda zoherezwe muri kiriya gihugu
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubutwererane bw’u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere, muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga. Muri iki kiganiro, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col. Rwivanga,yabashije kugaragaza ishusho y’uruhare…
Finland: Umunyamakuru Niyonkuru Eric yakoze ubukwe na Ingabire bamaze imyaka itanu bakundana – AMAFOTO
Mu itangiriro 2:18, 24 hagira hati ‘Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye…Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina, akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe.” Niyonkuru Eric n’umukunzi we bashyize mu bikorwa iki…
Akamaro gatandukanye ko gukoresha amakara harimo kurinda indwara, gusukura amazi, kuvura uburozi… ndetse n’uko akoreshwa
Amakara nubwo tuyamenyereye ko akoreshwa mu kuvana uburozi mu nda, nyamara si byo gusa akora kuko hari ibindi binyuranye ushobora kuyakoresha. Ayo makara avugwa hano si yayandi yo mu ziko cyangwa ku mbabura, kuko nayo uko akoze aba arimo…
Imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri ku kigero cyo hejuru bikaba byatuma indwara zikwibasira
Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera, maze zikaba zatera indwara zitandukanye. Iyo ufite ubudahangarwa bworoshye, bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku…
Uramutse umenye ibi bintu ntiwazongera gusiba kurya umwembe mu buzima bwawe bwose
Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi, umuhondo n’umutuku. Ese umwembe ukungahaye kuki? Umwembe uboneka mu…
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yakingiwe Covid-19 asaba Abatanzania bose nabo kwikingiza
Yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye Visi-Perezida, ariko biragoye kuko imyanzuro afata Magufuli yayamaganye inshuro zitabarika. Perezida Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania kuva muri Werurwe 2021 nyuma y’urupfu rwa Dr John Joseph Pombe Magufuli, yakingiwe Covid-19…
Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO
Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze…
Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi. CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu…
Leta y’u Burundi yaburijemo ibitaramo bya Israel Mbonyi
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021, yatangaje ko yaburijemo ibitaramo by’umuhanzi w’Umunyarwanda, Israel Mbonyi uririmba indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubutegetsi, iterambere ry’abaturage n’umutekano mu Burundi mu kanya gashize, yasobanuye ko impamvu…