Latest post

AS Kigali ni yo yegukanye Haruna Niyonzima na Emery Bayisenge

Share this:

Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana na Haruna Niyonzima waherukaga kuyivamo asubiye muri Young Africans muri 2020 ndetse uyu yiyongereyeho Emery Bayisenge wari warangije amasezerano nyuma akaza kwemera kuyongera.   Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ni bwo Perezida…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye

Share this:

Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo.   Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid…

Share this:
Posted on

Mozambique: Min. Biruta na RDF batangaje uko ibitero ku nyeshyamba byangenze, abapfuye n’abakomeretse n’uko uko byangenze ngo ingabo z’u Rwanda zoherezwe muri kiriya gihugu

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubutwererane bw’u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere, muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga.   Muri iki kiganiro, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col. Rwivanga,yabashije kugaragaza ishusho y’uruhare…

Share this:
Posted on

Finland: Umunyamakuru Niyonkuru Eric yakoze ubukwe na Ingabire bamaze imyaka itanu bakundana – AMAFOTO

Share this:

Mu itangiriro 2:18, 24 hagira hati ‘Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye…Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina, akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe.” Niyonkuru Eric n’umukunzi we bashyize mu bikorwa iki…

Share this:
Posted on

Akamaro gatandukanye ko gukoresha amakara harimo kurinda indwara, gusukura amazi, kuvura uburozi… ndetse n’uko akoreshwa

Share this:

Amakara nubwo tuyamenyereye ko akoreshwa mu kuvana uburozi mu nda, nyamara si byo gusa akora kuko hari ibindi binyuranye ushobora kuyakoresha.   Ayo makara avugwa hano si yayandi yo mu ziko cyangwa ku mbabura, kuko nayo uko akoze aba arimo…

Share this:
Posted on

Imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri ku kigero cyo hejuru bikaba byatuma indwara zikwibasira

Share this:

Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera, maze zikaba zatera indwara zitandukanye.   Iyo ufite ubudahangarwa bworoshye, bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku…

Share this:
Posted on

Uramutse umenye ibi bintu ntiwazongera gusiba kurya umwembe mu buzima bwawe bwose

Share this:

Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi, umuhondo n’umutuku.   Ese umwembe ukungahaye kuki?   Umwembe uboneka mu…

Share this:
Posted on

Tanzania: Perezida Samia Suluhu yakingiwe Covid-19 asaba Abatanzania bose nabo kwikingiza

Share this:

Yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye Visi-Perezida, ariko biragoye kuko imyanzuro afata Magufuli yayamaganye inshuro zitabarika.   Perezida Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania kuva muri Werurwe 2021 nyuma y’urupfu rwa Dr John Joseph Pombe Magufuli, yakingiwe Covid-19…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO

Share this:

Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze…

Share this:
Posted on

Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO

Share this:

Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi.   CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu…

Share this:
Posted on