Latest post

Agashya: Kompanyi y’abashinwa yaciye agahigo ko kubaka inzu y’amagorofa(etages) 10 mu masaha 28 gusa

Iyo umuntu avuze ko iterambere ryihuta nk’umuyaga ni imvugo ivugwa kugira ngo bikumvishe ko hari umuhanda cyangwa inyubako zishora kuzura mu gihe gito cyane nk’uko Broad Group, Kompanyi y’Abashinwa yakoze amateka ku isi ikuzuza inzu ya Etaje 10 mu masaha…

Posted on

U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus

Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga…

Posted on

Kenya: Abaganga n’abaforomo / kazi b’abashomeri bemerewe akazi mu Bwongereza

Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza.   Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i…

Posted on

Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF

Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera.   Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta…

Posted on
Uncategorized

Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso

Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo.   Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri…

Posted on

Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika

Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye.   Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe   Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara…

Posted on

Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC.   Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga…

Posted on

Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye…

Posted on

Urubanza rw’umunyamakuru wakubitiwe i Nyagatare: Komanda wa Polisi arashinjwa guhisha ibimenyetso, Meya akabangamira iperereza

Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rubona muri Nyagatare n’abo yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Karangazi, aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa umunyamakuru Ntirenganya Charles wa Flash FM. Muri uru…

Posted on

Ibimenyetso simusiga byagaragariza umukobwa ko akundana n’umugabo wubatse atabizi

Hari igihe umukobwa aba akundana n’umugabo wubatse ufite urugo nyamara we agakeka ko yitomboreye umusore ndetse akanishuka ko abonye uwo Imana yamugeneye ngo bazarushinge.   Ibi ni ibimenyetso byakwereka umukobwa ko yayobeye ku mugabo w’abandi atabizi nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema…

Posted on