Latest post

FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko

Share this:

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko.   Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umugore yanize abana be 2 barapfa nyuma yo gushwana n’umugabo we

Share this:

Umugore witwa Diana Nasimiyu Kibisi ukomoka mu gihugu cya Kenya yakoze amahano ubwo yashwanaga n’umugabo we bituma afata umwanzuro wo kuniga abana be babiri arabica.   Uyu mugore utuye ahitwa Jérusalem-Waithaka, muri Dagorreti I Nairobi yatawe muri yombi nyuma yo…

Share this:
Posted on

Karasira Aimable yakatiwe gufungwa iminsi 30 mu gihe agitegereje kuburana. Impamvu zashingiweho

Share this:

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi.   Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha.   Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi…

Share this:
Posted on

Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melody baciriye bugufi Meddy gusa hari ababinye nko kwiyerurutsa

Share this:

Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na…

Share this:
Posted on

Abapolisi 2 bafunze bakekwaho gusambanyiriza abanyeshuri kuri site y’ibizamini bya Leta

Share this:

Abapolisi babiri basanzwe bakorera akazi mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, batawe muri yombi bakekwaho gusambanyiriza abana b’abakobwa kuri site y’ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga ni bwo…

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo za Leta zifatanyije n’iz’u Rwanda zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba bizwi nka Awasse

Share this:

Ingabo za Mozambique zifatanyije n’iz’u Rwanda zavanye inyeshyamba ziyitirira idini ya Islam mu birindiro byazo bya Awasse nyuma y’imirwano ikomeye ku cyumweru no kuwa mbere.   Awasse ni agace kafashaga izi nyeshyamba nk’urukuta rukingira umujyi zigaruriye wa Mocimboa da Praia,…

Share this:
Posted on

Umukobwa wafungishije Davis D yamusabye imbabazi. Icyo Davis D abivugaho – AMAFOTO

Share this:

Umuhanzi Davis D bwa mbere yasubije umukobwa wamufungishije azira ubusa, uherutse kumusaba imbabazi ,avuga ko ibyabaye byari nk’impanuka.   Uyu muhanzi yabisubije mu kiganiro yagiranye n’Igihe , Davis D ahamya ko n’ubwo ataravugana n’uyu mukobwa ngo amusabe imbabazi imbonankubone, bitewe…

Share this:
Posted on

Reba ikimero cy’umukobwa rutayizamu w’Amavubi Abeddy yasimbuje Miss Umutoni[AMAFOTO]

Share this:

Rutahizamu w’ikipe y’igihu Amavubi n’ikipe ya AS Kigali yagaragaje umukobwa w’ikimero basigaye bari m’urukundo amusimbuje Miss Umutoni Josiane.   Abeddy abanyinyujije ku ri nkonti ye ya Instagram, yashyize ifoto y’undi mukobwa witwa Kagame Vanessa yongeraho akamenyetso k’umutima gakunze kugaranga urukundo….

Share this:
Posted on

Biratangaje: Indirimbo My Vow ya Meddy ikomeje guca ibintu yatangiye gukorwa mu myaka 4 ishize

Share this:

’My Vow’ ya Meddy iri kuvugisha benshi nyuma yo kwesa agahigo mu Rwanda ko kurebwa n’abantu benshi kandi mu gihe gito kuri YouTube. Hatangajwe ibitari bizwi kuri iyi ndirimbo, ari nabyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru maze tukakumara amatsiko.  …

Share this:
Posted on

Umuherwe Bill Gates wahanuye Covid-19 muri 2015 yateguje ikindi cyorezo kigiye kwaduka ku isi. Ese isi ntiyaba iri mu kagambane?

Share this:

Mu gihe icyorezon cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu Isi yose ari nako kigenda kihinduranya gihitana abatari bacye, abanyapolitiki n’abatuye Isi bakomeje gutangazwa n’ukuntu gikomeje guhagarika ubukungu bw’Isi cyuzuza ibitaro kugeza ubwo bimwe birengerwa ari ko gihindura ubuzima bwa buri munsi…

Share this:
Posted on