Latest post

Juno Kizigenza yahawe urw’amenyo azira kwishongora kuri Meddy

Share this:

Umuhanzi ukizamuka mu muziki, Juno Kizigenza, yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwifatira ku gahanga Meddy akavuga ko atamubona nk’umwami wa muzika Nyarwanda mu gihe yaheze ishyanga. Meddy Juno yashatse kwibasira mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo yasohoye indirimbo…

Share this:
Posted on

Miss Uwase Clementine yahawe n’umukunzi we Imodoka yagataraboneka k’umunsi w’isabukuru ye yamavuko [AMAFOTO]

Share this:

Miss Uwase Clementine uzwi cyane ku izina rya Tina wahagariye u Rwanda muri Miss supranational mu mwaka 2018 ndetse no muri Miss Elite muri 2020 ,yatuguwe bikomeye n’umukunzi we Lukasz Przeniewski amuha impano y’imodoka yakataraboneka kw’isabukuru ye yamavuko.   Umwe…

Share this:
Posted on

Ibibazo 5 by’ingutu harimo n’icya Messi FC Barcelone igomba gukemura mu minsi 20 gusa

Share this:

Harabura iminsi 20 gusa kugira ngo shampiyona ya Espagne itangire ariko mu bigaragara ni uko Barcelona ititeguye tugendeye ku byo isabwa.   Tariki 15 Kanama 2021 ni bwo Barcelona izakina umukino wa mbere wa shampiyona aho izaba yakiriye Real Sociedad…

Share this:
Posted on

Umukobwa uzwi cyane mu biganiro bya television yigambye uko yakenesheje abagabo benshi bajyanye mu buriri na we

Share this:

Iyi nkuru uyisomye yagufasha ukamenya ko imico y’ubusambanyi nta keza kayo ahubwo isubiza inyuma abagabo batanga amafaranga mu kuryamana n’abakobwa kuko hari umukobwa uba ufite gahunda yo gukenesha uwari umukire nk’uko umukobwa witwa Angel Smith wo muri Nigeria hari abo…

Share this:
Posted on

Tanzania: Umukuru w’ishyaka CHADEMA yarezwe iterabwoba amahanga arahaguruka

Share this:

Freeman Mbowe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania ufunze, yarezwe ibyaha bijyanye n’iterabwoba, nkuko amakuru abivuga.   Mu butumwa bwo kuri Twitter, ishyaka akuriye rya CHADEMA na ryo ryatangaje ko yarezwe ibyaha by’iterabwoba.   Umukuru wa polisi ikorera i Dar es…

Share this:
Posted on

Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini kubera gukora imirimo y’ingufu

Share this:

John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Liyetona, hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini.   Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press…

Share this:
Posted on

Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa

Share this:

Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko…

Share this:
Posted on

Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu

Share this:

Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo.   Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa…

Share this:
Posted on

Dore uburyo bworoshye bwagufasha kumenya niba utwite umuhungu cyangwa umukobwa mbere yo kubibwirwa n’abaganga

Share this:

Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara.   Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20…

Share this:
Posted on

Umugabo yatorotse Polisi anatwara ipingu ryayo none arahigishwa uruhindu

Share this:

Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. BWIZA dukeshya iyi nkuru ivuga ko kuwa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri…

Share this:
Posted on