Birababaje: Umwarimu yakubise umwana arapfa nyuma yo gusubiza nabi ikibazo yari amuhaye
Abantu benshi batandukanye barimo ibyamamare ku isi basabiye ubutabera umukobwa witwa Michelle ufite imyaka 8 wishwe n’umwarimu we nyuma yo kumubaza ikibazo ariko ntagisubize neza umwarimu we akamukubita mu mutwe agahita yitaba Imana. Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya…
Umuhanzi Gabiro Guitar, Dj Theo na Producer Niz beats bakoze impanuka
Umuhanzi Gabiro Guitar yakoze impanuka y’imodoka,ari kumwe na Producer Niz Beats na DJ Theo barokotse impanuka ikomeye y’imodoka barimo,ubwo berekezaga i Gikondo. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Nyakanga 2021 i Nyamirambo kuri…
Ntibisanzwe: Umwana w’imyaka 10 yakoreye se ibyo yari amaze gukorera nyina amuhohotera bimuviramo gupfa
Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rw’umugabo w’imyaka 33 bivugwa ko yishwe n’umuhungu we w’imyaka 10 nyuma y’amakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati y’umugabo n’umugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye…
Mozambique: Perezida Nyusi yashimiye ingabo za RDF zamufashije gukubita incuro inyeshyamba
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yashimye ingabo z’u Rwanda kubera akazi kadanzwe zikomeje gukora mu ntara ya Cabo Delgado, ashimangira ko nta kiguzi gishobora kugira akazi ziri gukora. Perezida Nyusi yabigarutseho ejo ku Cyumweru, mu ijambo yagejeje ku banya-Mozambique risobanura…
Rwanda: Habonetse ubwoko bwa Covid-19 butazwi
Mu bipimo 242 byo gushaka amoko ya Covid19 ari mu Rwanda habonetsemo ubwoko butazwi bw’iyi virus buri ku kigero cya 5.4%, nk’uko Imibare iva muri Minisiteri y’Ubuzima ibyerekana. Ubwoko bwiganje cyane ni Delta, bwabonetse bwa mbere mu Buhinde, iri…
Muhanga: Gitifu wavuzweho gutuma Mudugudu kwaka ruswa yabaye umwere Mudugudu akatirwa gufungwa
Umumararungu Yvonne, wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Agateganyo mu kagali ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange, yagizwe umwere ku cyaha cy’ubushukanyi yari akurikiranyweho, mu gihe Nshimiyimana Pierre, Umukuru w’Umudugudu wa Kagarama yahamijwe icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya agahabwa igihano cyo…
Platini yasubije abamunenze nyuma yo kwibaruka hashize amezi 4 gusa arushinze anahishura icyo yabwiye umugore we nyuma yo kubyara
Nyuma y’uko amafoto y’ubukwe bwa Platini agiye hanze, bamwe bavuze ko umugore we Ingabire Olivia atwite inda nkuru abandi barabihakana gusa biza kuba impamo ubwo kuwa Kane w’icyumweru gishize bibarukaga nyuma y’amezi 4 gusa barushinze. Kuri ubu Platini yagize icyo…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi hanafatwa byinshi mu bikoresho byazo
Amakuru akomeje kuzenguruka kuri twitter ataremezwa neza aravuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique muri iyi weekend zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado mu gace ka Awasse. Aya makuru arakomeza avuga ko izo nyeshyamba zishwe mu…
Ngoma: Umunyeshuri uri mu bizamini bya Leta yahengereye mugenzi we amukubita inyundo mu mutwe bapfa umukobwa
Abanyeshuri babiri bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye bashyamiranye bapfa umukobwa, umwe akubita mugenzi we inyundo mu mutwe aramukomeretsa. Ibi byabereye muri Groupe Scolaire de Kabare iherereye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, aho abanyeshuri…
Dore ibintu 10 wakagombye kumenya ku mikorere y’impyiko
Imikorere y’impyiko, rumwe mu ngingo dufite zifite akamaro gakomeye cyane, kubera ziyungurura amaraso, zigafasha no mu gusohora imyanda iba iri mu mubiri. Umuntu agira impyiko 2 ziherereye mu gice cy’inda yo hasi iburyo n’ibumoso ariko ahagana mu mugongo; buri…