Latest post

Mu gihe zari na Diamond bari mu byishimo muri Africa y’Epfo, Tanasha wabyaranye n’uyu muhanzi nawe yahishuye ko ari mu rukundo rushya

Tanasha yaciye amarenga ko ari mu rukundo rushya n’uwamutwaye umutima   Iby’uru rukundo Tanasha Donna yabihishuye ubwo yasubizaga ibibazo bitandukanye yabajijwe n’abakunzi be binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram. Umwe mu bafana yamubajije niba yaba yaramaze kubona umukunzi mushya nyuma…

Posted on

Mozambique: Abasirikare 100 b’u Rwanda bagiye kurwana ahitwa Chai hatewe n’inyeshyamba

Ikinyamakuru BBC kivuga ko hari abasirikare 100 b’u Rwanda boherejwe gutabara ku biro by’ubutegetsi by’ahitwa Chai mu Karere ka Macomia ka Cabo Delgado, aho bivuga ko inyeshyamba zateye.   Ni mu gihe abandi ku Cyumweru no kuwa Mbere bari bahanganye…

Posted on

Byatangaje benshi: Perezida wa Malawi n’umuryango we bagiye mu bwongereza kwitabira inama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga rya Video Conference

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera n’itsinda ry’abantu 10 rigizwe n’abarimo umuryango we tariki ya 25 Nyakanga 2021 bagiye mu Bwongereza, kugira ngo yitabire inama mpuzamahanga yerekeye uburezi igomba kwifashisha ikoranabuhanga mpuzashusho rya ‘video conference’. Abagize umuryango wa Perezida Chakwera bamuherekeje…

Posted on

Micho wigeze gutoza Amavubi yasubiye gutoza Uganda ku nshuro ya kabiri

Milutin Sredojevic Micho watojeho ikipe y’igihugu Amavubi, yongeye guhabwa ikipe y’igihugu ya Uganda nyuma y’imyaka 4 ayivuyemo.   Mu minsi ishize nibwo Micho yirukanwe n’ikipe ya Zambia kubera umumaro mucye, ariko ibyo FUFA iyobora umupira w’amaguru muri Uganda ntiyabyitayeho, ikaba…

Posted on

Haruna Niyonzima na rutahizamu w’umugande, bayoboye urutonde rw’abakinnyi Rayon Sports ishaka

Nyuma y’aho perezida wa Rayon Sports agarukiye mu Rwanda, muri Rayon Sports byashyushye, isoko ryongeye gukomera cyane.   Nyuma y’aho Rayon Sports isoreje ikiciro cya mbere cyo kugura abakinnyi aho yinjije Mico Justin, Muvandimwe Jean Marie Vienney, Mugisha Master na…

Posted on

FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko.   Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa…

Posted on

Birababaje: Umugore yanize abana be 2 barapfa nyuma yo gushwana n’umugabo we

Umugore witwa Diana Nasimiyu Kibisi ukomoka mu gihugu cya Kenya yakoze amahano ubwo yashwanaga n’umugabo we bituma afata umwanzuro wo kuniga abana be babiri arabica.   Uyu mugore utuye ahitwa Jérusalem-Waithaka, muri Dagorreti I Nairobi yatawe muri yombi nyuma yo…

Posted on

Karasira Aimable yakatiwe gufungwa iminsi 30 mu gihe agitegereje kuburana. Impamvu zashingiweho

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Aimable Karasira afungwa by’agateganyo iminsi 30 ategereje kuburanishwa mu mizi.   Umucamanza yavuze ko kumufunga ari bwo buryo bwonyine bwo kumubuza gukomeza gukora ibyaha.   Nyuma y’uko abamwunganira basabye ko arekurwa akajya kuvurwa uburwayi…

Posted on

Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melody baciriye bugufi Meddy gusa hari ababinye nko kwiyerurutsa

Abahanzi Juno Kizigenza na Bruce Melodie bagaragaje ukwicisha bugufi imbere ya Meddy, nyuma yo gushinjwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga kumugirira ishyari kubera ibyo ari kugeraho. Bruce Melodie yashinjwe kugirira Meddy ishyari kubera amagambo yamuvuzeho mu minsi yashize avuga ko we na…

Posted on

Abapolisi 2 bafunze bakekwaho gusambanyiriza abanyeshuri kuri site y’ibizamini bya Leta

Abapolisi babiri basanzwe bakorera akazi mu Murenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, batawe muri yombi bakekwaho gusambanyiriza abana b’abakobwa kuri site y’ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 25 Nyakanga ni bwo…

Posted on