Latest post

Kinshasa: Umupolisi yarashe umukuriye ubwo bagenzuraga abambaye udupfukamunwa

Kuri uyu wa Gatatu muri karere ka Bandalungwa, mu Mujyi wa Kinshasa umupolisi yibeshye arasa umukuriye ubwo bari mu bugenzuzi bwo kureba abantu batambaye udupfukamunwa. Amakuru agera ku rubuga rwa ACTUALITE.CD aravuga ko uyu mupolisi warashwe mu mutwe yahise yihutanwa…

Posted on

Meddy yasenze isengesho rikomeye naho bamwe mu bahanzi nka Teta, Juno Kizigenza na Sentore bavuga n’akari imorori kubera indirimbo My Vow

Hari ku itariki 22 Nyakanga 2021 ubwo umuhanzi Meddy yashyiraga hanze indirimbo yise “My Vow” yahimbiye umugore we Mimi Mekfra baherutse ku rushinga, ariko ikaza guteza impagarara bitewe n’uko yazanye impinduka zitandukanye mu muziki nyarwanda.   Mu by’ukuri Meddy nk’umuhanzi…

Posted on

Ibibazo 10 ukwiye kwibaza no gusubiza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe

Gutandukana n’umukunzi wawe, umugabo/fiancé (e), si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera kubana cyangwa gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane.   Ibibazo 10 muba mugomba kwibaza mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana….

Posted on
Uncategorized

Umunyarwenya Bishop Gafaranga yahawe impano y’imodoka nziza cyane kubera indirimbo BYA BIHE aheruka gushyira hanze- AMAFOTO

Umunyarwenya Bishop Gafaranga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’impano y’imodoka yahawe na Muhire Emmanuel ubarizwa mu Bubiligi ku bw’indirimbo ye “Bya bihe”, iibiganiro by’ivugabutumwa akora n’imikorere ye muri kompanyi akoramo.   Tariki 2 Nyakanga 2021, ni bwo Bishop Gafaranga yasohoye…

Posted on

Mu gihe zari na Diamond bari mu byishimo muri Africa y’Epfo, Tanasha wabyaranye n’uyu muhanzi nawe yahishuye ko ari mu rukundo rushya

Tanasha yaciye amarenga ko ari mu rukundo rushya n’uwamutwaye umutima   Iby’uru rukundo Tanasha Donna yabihishuye ubwo yasubizaga ibibazo bitandukanye yabajijwe n’abakunzi be binyuze ku rukuta rwe rwa Instagram. Umwe mu bafana yamubajije niba yaba yaramaze kubona umukunzi mushya nyuma…

Posted on

Mozambique: Abasirikare 100 b’u Rwanda bagiye kurwana ahitwa Chai hatewe n’inyeshyamba

Ikinyamakuru BBC kivuga ko hari abasirikare 100 b’u Rwanda boherejwe gutabara ku biro by’ubutegetsi by’ahitwa Chai mu Karere ka Macomia ka Cabo Delgado, aho bivuga ko inyeshyamba zateye.   Ni mu gihe abandi ku Cyumweru no kuwa Mbere bari bahanganye…

Posted on

Byatangaje benshi: Perezida wa Malawi n’umuryango we bagiye mu bwongereza kwitabira inama izaba hifashishijwe ikoranabuhanga rya Video Conference

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera n’itsinda ry’abantu 10 rigizwe n’abarimo umuryango we tariki ya 25 Nyakanga 2021 bagiye mu Bwongereza, kugira ngo yitabire inama mpuzamahanga yerekeye uburezi igomba kwifashisha ikoranabuhanga mpuzashusho rya ‘video conference’. Abagize umuryango wa Perezida Chakwera bamuherekeje…

Posted on

Micho wigeze gutoza Amavubi yasubiye gutoza Uganda ku nshuro ya kabiri

Milutin Sredojevic Micho watojeho ikipe y’igihugu Amavubi, yongeye guhabwa ikipe y’igihugu ya Uganda nyuma y’imyaka 4 ayivuyemo.   Mu minsi ishize nibwo Micho yirukanwe n’ikipe ya Zambia kubera umumaro mucye, ariko ibyo FUFA iyobora umupira w’amaguru muri Uganda ntiyabyitayeho, ikaba…

Posted on

Haruna Niyonzima na rutahizamu w’umugande, bayoboye urutonde rw’abakinnyi Rayon Sports ishaka

Nyuma y’aho perezida wa Rayon Sports agarukiye mu Rwanda, muri Rayon Sports byashyushye, isoko ryongeye gukomera cyane.   Nyuma y’aho Rayon Sports isoreje ikiciro cya mbere cyo kugura abakinnyi aho yinjije Mico Justin, Muvandimwe Jean Marie Vienney, Mugisha Master na…

Posted on

FERWAFA yaciwe akayabo ka miliyoni zisaga 120 FRW kubera kwirukana umukozi binyuranyije n’amategeko

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryishyuye Umufaransa witwa Jérôme Dufourg miliyoni zisaga 120 frw wari usinzwe itumanaho no gushaka amasoko kubera kumwirukana bidakurikije amategeko.   Uyu mugabo wahoze akorera FERWAFA nk’ushinzwe kuyishakira amasoko yatsinze mu nkiko iri shyirahamwe ritegekwa…

Posted on