Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi hanafatwa byinshi mu bikoresho byazo
Amakuru akomeje kuzenguruka kuri twitter ataremezwa neza aravuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique muri iyi weekend zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado mu gace ka Awasse. Aya makuru arakomeza avuga ko izo nyeshyamba zishwe mu…
Ngoma: Umunyeshuri uri mu bizamini bya Leta yahengereye mugenzi we amukubita inyundo mu mutwe bapfa umukobwa
Abanyeshuri babiri bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye bashyamiranye bapfa umukobwa, umwe akubita mugenzi we inyundo mu mutwe aramukomeretsa. Ibi byabereye muri Groupe Scolaire de Kabare iherereye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, aho abanyeshuri…
Dore ibintu 10 wakagombye kumenya ku mikorere y’impyiko
Imikorere y’impyiko, rumwe mu ngingo dufite zifite akamaro gakomeye cyane, kubera ziyungurura amaraso, zigafasha no mu gusohora imyanda iba iri mu mubiri. Umuntu agira impyiko 2 ziherereye mu gice cy’inda yo hasi iburyo n’ibumoso ariko ahagana mu mugongo; buri…
Imbuto z’ipapayi zishobora gufasha abagabo kuboneza urubyaro
Muri iki gihe, kuboneza urubyaro ahanini hakoreshwa uburyo bwa kizungu aho dukoresha uburyo butari ubw”imisemburo cyangwa se ubw”imisemburo, ari na bwo bukoreshwa cyane dore ko buba bwizewe kurenza ubudakoresha imisemburo. Ibi yose iyo bikorwa bikorerwa ku bagore, keretse gufunga…
Ibyo kurya ugomba kwirinda niba wifuza kunanuka
Kugabanya ibiro ntibiba byoroshye, cyane cyane noneho iyo ufite ibiro birengeje urugero. Ibiro birengeje urugero ni ikibazo gikomereye ubuzima, kuko biri ku isonga mu bitera indwara zikomeye nk’izibasira umutima, diyabete, kanseri, kwigunga n’izindi zibasira imikorere y’umubiri. Kugabanya ibiro ukagera…
Dr Dre yategetswe kujya yishyura miliyoni 3.5$ buri mwaka umugore batandukanye nyuma y’imyaka 24
Umuraperi w’Umunyamerika Dr Dre yategetswe n’urukiko rwa Los Angeles kujya yishyura uwahoze ari umugore we Nicole Young amadorali miliyoni 3.5 ku mwaka. Hejuru y’ibyo kandi, uyu munyamuziki yategetswe kujya yishyura ibijyanye n’ikiguzi cy’ubuzima bwa Young, amazu aherereye mu gace…
Byatangiye ari intambara! Rayvanny na Paula mu munyenga w’urukundo mu maso ya nyina Kajala wanahawe akayabo n’uyu muhanzi
Isi babayemo ntabwo ari aya hano hafi! Frida Kajala nyuma yo kuvumira ku gahera Rayvanny amushinja kumusindishiriza umwana akaboneraho kumusoma n’ibindi, asa n’uwamumweguriye kuko noneho bamuteretanira mu maso. Ibi byagaragariye mu isabukuru y’uyu mubyeyi wananyanyagijweho akayabo n’uyu muhanzi. Ntawe…
Meddy akoze amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda
Umuhanzi Meddy yashimiye byimazeyo abakunzi be n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’undi muhanzi uwo ari we wese mu Rwanda Indirimbo My Vow iri mu mitwe y’abakunzi b’umuziki kuva ikimara gusohoka mu ijoro ryo kuwa…
Guma mu rugo yashyizweho mu mugi wa Kigali no mu turere 8 yongerewe igihe
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi 5. Ingamba ziheruka zari zafashwe kuwa 17 Nyakanga zigomba kumara iminsi icumi mu mujyi wa Kigali…
Apotre Gitwaza yahanuye ibintu bikomeye bigiye kuba ku mugabane wa Afurika
Apôtre Dr Paul Gitwaza uyoboye Zion Temple Celebration Center ubwo yari mu giterane cya Afurika Haguruka tariki ya 18 Nyakanga 2021, yahanuye ko umugabane wa Afurika uzaba igihugu kimwe kizitwa Leta Zunze Ubumwe za Afurika, ndetse ikazajya igikoresha ururimi rumwe;…