Latest post

Ibibazo 5 by’ingutu harimo n’icya Messi FC Barcelone igomba gukemura mu minsi 20 gusa

Share this:

Harabura iminsi 20 gusa kugira ngo shampiyona ya Espagne itangire ariko mu bigaragara ni uko Barcelona ititeguye tugendeye ku byo isabwa.   Tariki 15 Kanama 2021 ni bwo Barcelona izakina umukino wa mbere wa shampiyona aho izaba yakiriye Real Sociedad…

Share this:
Posted on

Umukobwa uzwi cyane mu biganiro bya television yigambye uko yakenesheje abagabo benshi bajyanye mu buriri na we

Share this:

Iyi nkuru uyisomye yagufasha ukamenya ko imico y’ubusambanyi nta keza kayo ahubwo isubiza inyuma abagabo batanga amafaranga mu kuryamana n’abakobwa kuko hari umukobwa uba ufite gahunda yo gukenesha uwari umukire nk’uko umukobwa witwa Angel Smith wo muri Nigeria hari abo…

Share this:
Posted on

Tanzania: Umukuru w’ishyaka CHADEMA yarezwe iterabwoba amahanga arahaguruka

Share this:

Freeman Mbowe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania ufunze, yarezwe ibyaha bijyanye n’iterabwoba, nkuko amakuru abivuga.   Mu butumwa bwo kuri Twitter, ishyaka akuriye rya CHADEMA na ryo ryatangaje ko yarezwe ibyaha by’iterabwoba.   Umukuru wa polisi ikorera i Dar es…

Share this:
Posted on

Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini kubera gukora imirimo y’ingufu

Share this:

John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Liyetona, hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini.   Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press…

Share this:
Posted on

Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa

Share this:

Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko…

Share this:
Posted on

Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu

Share this:

Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo.   Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa…

Share this:
Posted on

Dore uburyo bworoshye bwagufasha kumenya niba utwite umuhungu cyangwa umukobwa mbere yo kubibwirwa n’abaganga

Share this:

Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara.   Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20…

Share this:
Posted on

Umugabo yatorotse Polisi anatwara ipingu ryayo none arahigishwa uruhindu

Share this:

Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. BWIZA dukeshya iyi nkuru ivuga ko kuwa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Umuhanzi Kitoko yavuze ku mukunzi we anahishura ko yitegura kurushinga vuba – AMAFOTO

Share this:

Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa, bwa mbere yavuze ku mukunzi we bitegura kurushinga anahishura igihe ubukwe bwe buzabera.   Umuhanzi Kitoko ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze igihe kitari gito mu muziki nyarwanda ndetse bafite abakunzi batari bake…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umwarimu yakubise umwana arapfa nyuma yo gusubiza nabi ikibazo yari amuhaye

Share this:

Abantu benshi batandukanye barimo ibyamamare ku isi basabiye ubutabera umukobwa witwa Michelle ufite imyaka 8 wishwe n’umwarimu we nyuma yo kumubaza ikibazo ariko ntagisubize neza umwarimu we akamukubita mu mutwe agahita yitaba Imana.   Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya…

Share this:
Posted on