Latest post

Umugabo yatawe muri yombi ashubije umukozi we wo mu rugo iwabo kuko yanduye Covid-19

Share this:

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 24 Nyakanga 2021 yafatiye mu Karere ka Nyanza umugabo wari utwaye umukozi wo mu rugo mu modoka, amusubije iwabo kuko ngo yanduye icyorezo cya Covid-19. Uyu mugabo wari wipfutse mu isura no ku mubiri…

Share this:
Posted on

RDF yifashe ku bijyanye n’imibare y’abaguye mu irasana ryayihuje n’inyeshyamba muri Mozambique

Share this:

Igisirikare cy’ u Rwanda, Rwanda Defence Forces (RDF), cyemeje ko koko cyahanganye n’inyeshyamba muri Mozambique gusa cyirinze kuvuga ku mibare y’abaguye muri iyo mirwano.   Kuwa 9 na 10 Nyakanga u Rwanda rwohereje abasirikare bagera ku gihumbi kugira ngo bahashye…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa uko kudahuza ubwoko bw’amaraso bishobora gutuma abashakanye babura urubyaro burundu n’icyo wakwitondera mbere yo gushaka

Share this:

Mu turemangingo dufasha mu bwirinzi, habonekamo utwo mu bwoko bwa poroteyine tuzwi nka D (D antigen). Utwo rero nitwo twahawe izina rya Rhesus bitewe n’uko uwatuvumbuye bwa mbere yatuvumbuye mu maraso y’inguge yo mu bwoko bwa Rhesus (rhesus macaque) iyi…

Share this:
Posted on

Tangawizi wongeyeho indimu ni icyayi cyiza kivura kikanarinda indwara nyinshi. Uko gitegurwa

Share this:

Icyayi cya tangawizi n’indimu kizwiho kongerera umubiri ingufu, kongera ubudahangarwa bw’umubiri ndetse no gufasha mu mikorere inyuranye y’umubiri.   Uruvange rwabyo rero twakita icyayi cya tangawizi n’indimu rukomatanya ibyiza bya buri kimwe nuko urwo ruvange rukaba ingenzi ku buzima bwacu…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa imico y’abantu ugendeye kuri group y’amaraso yabo

Share this:

Ni kenshi bivugwa ko abantu bahuje group z’amaraso baba banahuje imico ni ukuvuga ibyo bakunda, ibyo banga, ibibashimisha n’ibindi binyuranye.   Gusa tubanze tuvuge ko iyi ari theory, yatangiriye mu buyapani, ariko ubu yamaze gukwira ahantu hose. Bivuze rero ko…

Share this:
Posted on

Zimbabwe irarebana ay’ingwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika bipfa inkingo za Covid-19

Share this:

Umwuka si mwiza hagati ya Guverinoma ya Zimbabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bitewe n’inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo hagati y’ibihugu byombi byatutumbye ubwo Ambasade ya USA yashakaga guha ishyaka MDC Alliance ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe inkingo…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umugore yishe abana be 2 kugirango abashe kubana n’umugabo bahuriye kuri facebook

Share this:

Umugore witwa Ngum Hilda w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Cameroon yakoze amahano yica abana be 2 yibyariye kugira ngo abashe gushyingiranwa n’umugabo bahuriye ku rubuga rwa Facebook.   Uyu mugore yakundanye n’uyu mugabo bahuriye kuri Facebook hanyuma amwemerera ko…

Share this:
Posted on

Gicumbi: Padiri yatunguranye arambika ikanzu hasi asezera ubupadiri ngo ajye kwishakira umugore

Share this:

Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.   Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba, Nzakamwita Servilien, ku…

Share this:
Posted on

Ifoto ya Sylvester Stallone uzwi nka “Rambo” n’abakobwa be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Share this:

Umukinnyi wa Filimi Slyvester Stallone wamenyekanye muri filimi nka Rocky,Rambo na The Expendables,yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abakobwa be 3 yatumye benshi bacika ururondogoro.   Uyu mukinnyi uzwi cyane muri filimi z’intambara,ntabwo akunze gushyira hanze amafoto y’umuryango we ariko kuri…

Share this:
Posted on

Yakinnye iminota 90 atarakoza ku mupira. Reba uduhigo dutangaje ku bakinnyi n’amakipe y’ibigugu mu mupira w’amaguru

Share this:

Thomas Langu Sweswe,ni umunya Zimbabwe wakinnye nka myugariro mu makipe nka Manning Rangers, Kaizer Chiefs, Bidvest Wits na Black Leopards zo muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo yanakiniye Highlanders, Dynamos na ZPC Kariba zo muri Zimbabwe, mbere yo gusezera ku mupira…

Share this:
Posted on