Min. W’intebe wa Uganda yavuze ko agiye kwishinganisha kuri Perezida nyuma y’uko hari umuntu wamuteye ubwoba
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba. Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ”…
Dore uburyo bwiza bwo kuryamamo ibyiza n’ibibi byabwo ndetse n’ubwo ukwiye gucikaho burundu
Ibijyanye no kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo. Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso….
Uko wakoresha ubuki n’indimu mu kongera ubudahangarwa bw’umubiri no kwivura indwara zinyuranye nk’inkorora, ibiheri byo mu maso n’izindi
Uruvange rw’ubuki n’indimu ruboneka hifashijwe ibi byombi, byose bizwiho kuba bifite akamaro kanini ku buzima. Abantu bamwe kuri ubu bahitamo gukoresha ubuki mu mwanya w’isukari yo mu ruganda kuko ubuki bufite muri bwo ibindi birenze kuba buryohera. Muri byo…
Karasira Aimable yitabye urukiko ahakana ibyo aregwa anavuga ko hari umukozi wa RIB wamuhaye asaga miliyoni
Kuri uyu wa Gatanu Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ahakana ibyaha ashinjwa birimo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Karasira akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, kuyiha ishingiro no kubiba…
Ibitangaje wamenya ku nyubako ndende kurusha izindi ku isi burj-khalifa iherereye i Dubai – AMAFOTO
Umuntu ahora yifuza kuba indashyikirwa ndetse no gukora ibikorwa bitaza abandi ni yo mpamvu havuka imiturirwa, ibyogajuru, imodoka z’akataraboneka n’ibindi umuntu abona bikamutangaza cyane ndetse rimwe na rimwe ukaba wakeka ko bitakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi iwacumarket igiye kubagezaho bimwe…
Diamond uherutse kugura imodoka igura umugabo igasiba undi ndetse akaba agiye no kugura indege aba mu nzu akodesha
Buri wese agira amahitamo ye n’intego aba yarihaye mu buzima, uzasanga kenshi hari umuntu abantu besnhi bakurira ingofero ko ari umuherwe afasha n’abatishoboye ariko akaba mu nzu y’ubudoke nk’uko Diamond ari mu bahanzi b’abaherwe ariko nawe aracyari umupangayi n’ubwo ashobora…
Paul Pogba yateye utwatsi amasezerano ya Manchester United
Ikipe ya Manchester United iri kubizwa icyuya n’umukinnyi wayo wo hagati,Paul Pogba,yifuzaga kongerera amasezerano afite agaciro ka miliyoni 50 z’amapawundi kubera akayabo ari guhabwa na PSG. Pogba utarabanye neza na United kuva yayerekezamo,arifuzwa na PSG ariyo mpamvu yanze ubusabe…
Harry Kane agiye kugurwa miliyoni 160 ndetse ajye ahembwa akayabo
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane, ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya imuhemba ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru. Uyu rutahizamu w’imyaka 27 aherutse gutangaza ko…
Umwana w’imyaka 15 yiyahuye kubera kwibasirwa azira gutsindwa ikizamini cya Leta
Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Uganda uherutse gusoza ibizamini bya leta mu mashuri abanza yiyahuye nyuma yo gutukwa na bagenzi be bamuziza gutsindwa. Uyu mwana wigaga ku kigo cy’abayisilamu cya Bwikya mu mujyi wa Hoima wo…
Nigeria yungutse indege z’indwanyi 6 zizayifasha guhangana n’amabandi, no kurwanya iterabwoba – AMAFOTO
Leta ya Nigeria kuri uyu wa 22 Nyakanga 2021 yakiriye indege z’indwanyi 6 za A-29 Super Tucano zizayifasha guhangana n’amabandi n’ibikorwa by’iterabwoba. Zakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Nigeria, Bashir Magashi agaragiwe n’abasirikare bakuru, ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa…