Latest post

Harry Kane agiye kugurwa miliyoni 160 ndetse ajye ahembwa akayabo

Share this:

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane, ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya imuhemba ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru.   Uyu rutahizamu w’imyaka 27 aherutse gutangaza ko…

Share this:
Posted on

Umwana w’imyaka 15 yiyahuye kubera kwibasirwa azira gutsindwa ikizamini cya Leta

Share this:

Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Uganda uherutse gusoza ibizamini bya leta mu mashuri abanza yiyahuye nyuma yo gutukwa na bagenzi be bamuziza gutsindwa.   Uyu mwana wigaga ku kigo cy’abayisilamu cya Bwikya mu mujyi wa Hoima wo…

Share this:
Posted on

Nigeria yungutse indege z’indwanyi 6 zizayifasha guhangana n’amabandi, no kurwanya iterabwoba – AMAFOTO

Share this:

Leta ya Nigeria kuri uyu wa 22 Nyakanga 2021 yakiriye indege z’indwanyi 6 za A-29 Super Tucano zizayifasha guhangana n’amabandi n’ibikorwa by’iterabwoba. Zakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Nigeria, Bashir Magashi agaragiwe n’abasirikare bakuru, ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa…

Share this:
Posted on

Uganda yavuze ku makuru avuga ko U Rwanda rwumvirije bamwe mu bategetsi bayo bakuru

Share this:

Twabonye amakuru hirya no hino, kandi umuntu yavuga ko ari ibivugwa gusa,” uyu ni umunyamabanga wa leta ushinzwe imibanire mpuzamahanga muri Uganda avuga ku makuru y’uko u Rwanda rwaba rwarakoresheje ikoranabuhanga rya Pegasus mu kumviriza abayobozi batandukanye muri iki gihugu….

Share this:
Posted on

Umubyeyi w’umunyamakuru Bac T wamamaye kuri Afrimax Tv yitabye Imana

Share this:

Umubyeyi w’Umunyamakuru Bac-T yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nk’uko uyu munyamakuru yabyutse abitangaza abinyujije ku rukuta rwe rwa WhatsApp.   Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ku itariki 22 Nyakanga 2021, umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nkubiri…

Share this:
Posted on

Covid-19 yahitanye abantu 11 naho 1309 barayandura

Share this:

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane abantu 11 bishwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu gihugu uba 704.   Abahitanwe n’iki cyorezo n’abagore batanu b’imyaka 79, 72, 52 (Kigali), 65 (Karongi) & 24…

Share this:
Posted on

Dore amwe mu mafunguro wakongera mubyo urya niba wifuza kongera uburebure

Share this:

Ibiryo byongera uburebure cg igihagararo bibaho, nubwo akenshi igihagararo kigenwa n’ibintu bitandukanye, iby’ingenzi twavuga:   Akoko (ibi bikomoka ku muryango) Imyitozo ukora Ibiryo urya umunsi ku munsi, kuva uvutse. Uburebure cg igihagararo ni kimwe mu bigaragaza umuntu uteye neza, ikindi…

Share this:
Posted on

Byinshi ku rubuto rwa Avoka rwibitseho vitamini 11 zose harimo n’izituma iba umuti ntagereranywa

Share this:

Avoka nirwo rubuto rwihariye ugereranyije n izindi. Impamvu nta yindi nuko aho kugira amasukari menshi nk’izindi mbuto yo yibitseho amavuta. Iboneka mu mabara anyuranye inyuma, ariko imbere ni icyatsi ahegera igishishwa naho ahegereye urubuto hakaba umuhondo. AVOKA ikungahaye kuri vitamini…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya ku kurota uvuga, ikibitera, uko bivurwa ndetse n’igihe biba ari ikibazo gikomeye ku buzima

Share this:

Kurota umuntu avuga biterwa n’imikorere mibi y’igice gishinzwe kurota cyangwa inzozi mu mubiri w’umuntu bikaba bizwi nka somniloquy. Byinshi kuri iki kibazo ntibizwi neza ndetse abarota bavuga ntibabimenya kandi umunsi ukurikiyeho baba bamaze kwibagirwa ibyo barose byose. Abarota bavuga bashobora…

Share this:
Posted on

Ibitangaje kuri Antonov An-225 Mriya indege ya mbere nini kurusha izindi ku isi ikaba ishobora kugurukana toni 640 zose – AMAFOTO

Share this:

Antonov An-225 Mriya ifatwa nk’indege ya mbere nini ku isi. Ni indege ifite moteri 6 ziyifasha kuvuduka kugera ku birometero 800/h ndetse no kugurukana imiziko ifite uburemere bugera kuri toni 640 zose. Iyi ndege yatangiye kuguruka taliki ya 21 Ukuboza…

Share this:
Posted on