Umuhanzi Platini n’umugore we bibarutse imfura nyuma y’amezi 4 gusa barushinze
Umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P mu itsinda ryamamaye rya Dream Boys, yabarutse imfura ye na Ingabire Olivia nyuma y’amezi Ane gusa bamaze barushinze . Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22…
Musanze: Mu ijoro ryakeye humvikanye urusaku rw’amasasu mu mugi wa Musanze
Ibi byabaye mu ijoro ryo kwa 21 rishyira kuwa 22 Nyakanga 2021 mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza gusa ntiharamenyekana icyateye ukuraswa kw’aya masasu. Nk’uko Bwiza dukesha iyi nkuru ibitangaza, umuturage watanze ubuhamya avuga ko yumvise amasasu arenga 20…
Uwahoze ari umunetsi muri FBI ufatwa nk’uwayikoreye ari muto kurusha abandi yareze uru rwego arusaba miliyoni 100 z’amadorari
Ibikorwa bye byakinwemo filimi muri Hollywood, none ubu inkuru y’uwari maneko wa FBI ariko akiri umwana yafashe indi ntera. Richard Wershe Jr yatanze ikirego gisaba miliyoni $100 abakozi n’abashinjacyaha ba FBI, abarega guhohotera umwana bijyanye n’igihe yakoreye FBI ayiha…
Umunyezamu Kwizera Olivier yasezeye kuri ruhago ku myaka 27
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye amakipe nka Rayon Sports,APR FC n’ikipe y’igihugu “Amavubi”yamaze gutangaza ko yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 27 nyuma y’ibihe bibi yanyuzemo birimo no gutabwa muri yombi azira gukoresha ibiyobyabwenge. Kwizera uherutse guhamwa n’icyaha cyo kunywa…
Harmonize yasabye imbabazi umuzungukazi bahoze bakundana
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo ‘Uno’ aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo…
Ibiribwa ukwiye kwibandaho mu mafunguro yawe muri iyi minsi Covid-19 yugarije isi kuko byongerera ubudahangarwa umubiri wawe
Iyo tuvuze abasirikare b’umubiri cyangwa ubudahangarwa tuba tuvuze insoro zera (globules blancs/white blood cells). Izi nsoro zera nizo zifasha umubiri wacu guhangana n’indwara zinyuranye cyane cyane iziterwa na mikorobi. Ubucye bwazo rero nibwo bushobora gutera umubiri wacu kwibasirwa n’indwara…
Burundi: Umuyobozi w’ishyaka UPRONA avuga ko Perezida ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania Samia Suhulu
Umuyobozi w’ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, Charles Nditije avuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan. Perezida Ndayishimiye yatanze iyi mpano tariki ya 17 Nyakanga 2021 ubwo yari yasuwe…
PSG irashaka kugurisha abakinnyi 9 bose kubera Kylian Mbappe
Ikipe ya PSG imaze kwiyubaka kurusha izindi zose ku mugabane w’I Burayi, iritegura kugurisha abakinnyi 9 kugira ngo ibone amafaranga yo kwishyura Kylian Mbappe usigaje umwaka umwe w’amasezerano kugira ngo ayongere. PSG yaguze abarimo Wijnardum,Ramos,Hakimi na Donnaruma,yamaze gufata umwanzuro…
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye imirwano n’inyeshyamba zigometse ku butegetsi
Amakuru aturuka mu Gihugu cya Mozambique aremeza ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye urugamba rwo guhashya inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu….
Akayabo abakoresha Pegasus(programu ikoreshwa mu butasi irimo guca ibintu ku isi) bishyura Abayisiraheri bayikoze
Ubutasi kuri telephone ngendanwa bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10 gusa, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru New York Times. Amnesty International…