PSG irashaka kugurisha abakinnyi 9 bose kubera Kylian Mbappe
Ikipe ya PSG imaze kwiyubaka kurusha izindi zose ku mugabane w’I Burayi, iritegura kugurisha abakinnyi 9 kugira ngo ibone amafaranga yo kwishyura Kylian Mbappe usigaje umwaka umwe w’amasezerano kugira ngo ayongere. PSG yaguze abarimo Wijnardum,Ramos,Hakimi na Donnaruma,yamaze gufata umwanzuro…
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye imirwano n’inyeshyamba zigometse ku butegetsi
Amakuru aturuka mu Gihugu cya Mozambique aremeza ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye urugamba rwo guhashya inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu….
Akayabo abakoresha Pegasus(programu ikoreshwa mu butasi irimo guca ibintu ku isi) bishyura Abayisiraheri bayikoze
Ubutasi kuri telephone ngendanwa bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10 gusa, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru New York Times. Amnesty International…
Perezida Samia Suhulu yannyeze mugenzi we, Perezida Ndayishimiye w’u Burundi nyuma yo kuvuga icyongereza nabi
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, aherutse gusaba mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kujya yikoreshereza Igiswahili mu mbwirirwaruhamwe ze aho kuba Icyongereza, nyuma yo kugerageza kuvuga uru ririmi akaruvuga nabi. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yavuze mu cyongereza mu…
Amateka ya Capt. Valentine Strasser wafashe ubutegetsi ku myaka 25 gusa akaba perezida muto kurusha abandi ku mugabane wa Afurika
Kapiteni Strasser Valentine yagiye ku butegetsi mu mwaka w’1992 nyuma yo guhirika perezida Joseph Saidu Momoh ubwo Sierra Leone yari yugarijwe n’intambara y’inyeshyamba za RUF ya Coporal Fodey Sankoh. Muri icyo gihe Capt. Strasser yari yaroherejwe kurwanya inyeshyamba zari zarigometse…
Rulindo: Umusaza yaguze inka imwica atarayigeza mu rugo
Umusaza w’imyaka 80 witwa Nkekabahizi Claver, wari utuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, yishwe n’inka ye ubwo yari mu nzira ava kuyigura ku gicamunsi cyo kuwa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021. Amakuru Kigali Today dukesha iyi…
M. Irene, umujyanama wa Vestine & Dorcas yatangiye gukurikiranwa n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB
Umunyamakuru Michel Karangwa uzwi nka Mike Karangwa yatanze ikirego mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB arega mugenzi we Murindahabi Irene uzwi nka M.Irene amushinja kumuharabika ko yagize uruhare mu kumutandukanya n’abahanzikazi Vestine&Dorcas afasha. Umunyamakuru Mike Karangwa, umaze igihe mu myidagaduro…
“Nubaha imva kurusha imodoka yawe. Ntukabone iby’isi ngo uyagare mwana wanjye” – Abdul avuga ku modoka umuhungu we Diamond aheruka kugura
Ni nyuma y’aho Diamond Platnumz aguze imodoka y’agatangaza igendamo bake muri Afurika, Mzee Abdul wihakanywe na Diamond ko atari we Se, yatangaje ko adashishikajwe n’iby’isi umuhungu we yaguze kuko nta gaciro bifite mu maso ye bityo ko Diamond atagakwiriye kumera…
Inkomoko n’akamaro byo kwayura n’igihe kwayura biba ari ikibazo ugomba kubaza muganga
Buri wese mu buzima bwe yaba umwana muto cyangwa umusaza n’umukecuru ntawe utayura. Kwayura ni igikorwa ahanini cyizana, nta ruhare ubigizemo ndetse akenshi birakongera kuko akenshi iyo ukuri iruhande yayuye nawe uhita wayura. Kandi usanga ahanini bigendana no kwinanura. …
Watermelon urubuto rufasha mu kurinda uburemba rukanongera ububobere
Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Uru rubuto rumeze nkaho nta cyanga…