Amateka ya Capt. Valentine Strasser wafashe ubutegetsi ku myaka 25 gusa akaba perezida muto kurusha abandi ku mugabane wa Afurika
Kapiteni Strasser Valentine yagiye ku butegetsi mu mwaka w’1992 nyuma yo guhirika perezida Joseph Saidu Momoh ubwo Sierra Leone yari yugarijwe n’intambara y’inyeshyamba za RUF ya Coporal Fodey Sankoh. Muri icyo gihe Capt. Strasser yari yaroherejwe kurwanya inyeshyamba zari zarigometse…
Rulindo: Umusaza yaguze inka imwica atarayigeza mu rugo
Umusaza w’imyaka 80 witwa Nkekabahizi Claver, wari utuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, yishwe n’inka ye ubwo yari mu nzira ava kuyigura ku gicamunsi cyo kuwa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021. Amakuru Kigali Today dukesha iyi…
M. Irene, umujyanama wa Vestine & Dorcas yatangiye gukurikiranwa n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB
Umunyamakuru Michel Karangwa uzwi nka Mike Karangwa yatanze ikirego mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB arega mugenzi we Murindahabi Irene uzwi nka M.Irene amushinja kumuharabika ko yagize uruhare mu kumutandukanya n’abahanzikazi Vestine&Dorcas afasha. Umunyamakuru Mike Karangwa, umaze igihe mu myidagaduro…
“Nubaha imva kurusha imodoka yawe. Ntukabone iby’isi ngo uyagare mwana wanjye” – Abdul avuga ku modoka umuhungu we Diamond aheruka kugura
Ni nyuma y’aho Diamond Platnumz aguze imodoka y’agatangaza igendamo bake muri Afurika, Mzee Abdul wihakanywe na Diamond ko atari we Se, yatangaje ko adashishikajwe n’iby’isi umuhungu we yaguze kuko nta gaciro bifite mu maso ye bityo ko Diamond atagakwiriye kumera…
Inkomoko n’akamaro byo kwayura n’igihe kwayura biba ari ikibazo ugomba kubaza muganga
Buri wese mu buzima bwe yaba umwana muto cyangwa umusaza n’umukecuru ntawe utayura. Kwayura ni igikorwa ahanini cyizana, nta ruhare ubigizemo ndetse akenshi birakongera kuko akenshi iyo ukuri iruhande yayuye nawe uhita wayura. Kandi usanga ahanini bigendana no kwinanura. …
Watermelon urubuto rufasha mu kurinda uburemba rukanongera ububobere
Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Uru rubuto rumeze nkaho nta cyanga…
Miss Muyango yibasiwe n’abafana nyuma yo guhishura ko yitegura kwibaruka nyamara nta bukwe yakoze
Nyuma y’uko hayasakaye amafoto ya Miss Muyango atwite inda ya Kimenyi Yves nkuru iri hafi kuvuka ntabwo byakiriwe neza ndetse hari na bamwe bamwoherereje ubutumwa bamutuka bavuga ko umuntu nka Nyampinga atakabyaye ikinyendaro, batanze gasopo kubakomeje kubibasira cyane bahamya ko…
Umunyezamu wa Argentina, Emiliano Martinez, yavuze ko yakwemera agapfa ku bwa Lionel Messi
Umunyezamu wa Argentina,Emiliano Martinez,yavuze ko kubera urukundo akunda kapiteni we Lionel Messi ndetse ko yakwemera gupfa ariko uyu mukinnyi uri mu ba mbere mu mateka ya ruhago agatsinda. Umunyezamu Emiliano Martinez,urindira ikipe ya Aston Villa yavuze ko gutwara Copa…
Ifoto y’umunsi : Kenny Sol na Ariel Wayz mu rukundo mbere ya Juno Kizigenza
Unkuru y’urukundo rwa Juno Kizigenza Ariel Wayz rwasakaye cyane ku mbugankoranyambaga nyuma y’uko basoye indirimbo “ AWAY”. Umuhanzi kazi Ariel Wayz ari mu bahanzi bavuzwe cyane mu minsi ishize batagiye bavugwa cyane mu nkundo, nyamara amakuru ahari ni uko…
Umumotari yatunguye uwo yatwaraga buri munsi muri ibi bihe bya Guma mu Rugo kuko yari atamuherutse
Umumotari utamenyekanye amazina yatunguye umukiliya we witwa Mwiza Sophy, uzwi cyane kuri Twitter muri Uganda, amujyanira ibyo kurya kuko yari amaze iminsi atamubona ngo amutware nk’ibisanzwe. Mwiza ni we watangaje ibyabaye kuri Twitter, avuga ko umumotari yamutunguye nyuma y’ibyumweru…