Latest post

Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagiye kongera guhura

Rutahizamu Cristiano Ronaldo na mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka myinshi bayoboye umupira ku isi bagiye kongera guhurira mu mukino wa gicuti amakipe yombi azakina.   Barcelona izakira Juventus mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi gutaha ari nabwo aba…

Posted on

Perezida Macro yafashe icyemezo cyo guhindura telefoni na sim card kubera Pegasus

Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa Emmanuel Macon yihutiye guhindura telefone ye igendanwa na nimero akoresha nyuma y’aho abonye amakuru amubwira ko iyo yari afite yatewe na applicationyo kuneka yakorewe muri Israel, izwi ku izina rya Pegasus.   Ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje ko…

Posted on
Uncategorized

Ihutire kwisuzumisha virus itera SIDA niba ubonye kimwe muri ibi bimenyetso

Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa.   Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose…

Posted on

Min. W’intebe wa Uganda yavuze ko agiye kwishinganisha kuri Perezida nyuma y’uko hari umuntu wamuteye ubwoba

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba.   Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ”…

Posted on
Uncategorized

Dore uburyo bwiza bwo kuryamamo ibyiza n’ibibi byabwo ndetse n’ubwo ukwiye gucikaho burundu

Ibijyanye no kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo.   Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso….

Posted on

Uko wakoresha ubuki n’indimu mu kongera ubudahangarwa bw’umubiri no kwivura indwara zinyuranye nk’inkorora, ibiheri byo mu maso n’izindi

Uruvange rw’ubuki n’indimu ruboneka hifashijwe ibi byombi, byose bizwiho kuba bifite akamaro kanini ku buzima.   Abantu bamwe kuri ubu bahitamo gukoresha ubuki mu mwanya w’isukari yo mu ruganda kuko ubuki bufite muri bwo ibindi birenze kuba buryohera. Muri byo…

Posted on

Karasira Aimable yitabye urukiko ahakana ibyo aregwa anavuga ko hari umukozi wa RIB wamuhaye asaga miliyoni

Kuri uyu wa Gatanu Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ahakana ibyaha ashinjwa birimo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Karasira akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, kuyiha ishingiro no kubiba…

Posted on

Ibitangaje wamenya ku nyubako ndende kurusha izindi ku isi burj-khalifa iherereye i Dubai – AMAFOTO

Umuntu ahora yifuza kuba indashyikirwa ndetse no gukora ibikorwa bitaza abandi ni yo mpamvu havuka imiturirwa, ibyogajuru, imodoka z’akataraboneka n’ibindi umuntu abona bikamutangaza cyane ndetse rimwe na rimwe ukaba wakeka ko bitakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi iwacumarket igiye kubagezaho bimwe…

Posted on
Uncategorized

Diamond uherutse kugura imodoka igura umugabo igasiba undi ndetse akaba agiye no kugura indege aba mu nzu akodesha

Buri wese agira amahitamo ye n’intego aba yarihaye mu buzima, uzasanga kenshi hari umuntu abantu besnhi bakurira ingofero ko ari umuherwe afasha n’abatishoboye ariko akaba mu nzu y’ubudoke nk’uko Diamond ari mu bahanzi b’abaherwe ariko nawe aracyari umupangayi n’ubwo ashobora…

Posted on

Paul Pogba yateye utwatsi amasezerano ya Manchester United

Ikipe ya Manchester United iri kubizwa icyuya n’umukinnyi wayo wo hagati,Paul Pogba,yifuzaga kongerera amasezerano afite agaciro ka miliyoni 50 z’amapawundi kubera akayabo ari guhabwa na PSG.   Pogba utarabanye neza na United kuva yayerekezamo,arifuzwa na PSG ariyo mpamvu yanze ubusabe…

Posted on