Watermelon urubuto rufasha mu kurinda uburemba rukanongera ububobere
Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Uru rubuto rumeze nkaho nta cyanga…
Miss Muyango yibasiwe n’abafana nyuma yo guhishura ko yitegura kwibaruka nyamara nta bukwe yakoze
Nyuma y’uko hayasakaye amafoto ya Miss Muyango atwite inda ya Kimenyi Yves nkuru iri hafi kuvuka ntabwo byakiriwe neza ndetse hari na bamwe bamwoherereje ubutumwa bamutuka bavuga ko umuntu nka Nyampinga atakabyaye ikinyendaro, batanze gasopo kubakomeje kubibasira cyane bahamya ko…
Umunyezamu wa Argentina, Emiliano Martinez, yavuze ko yakwemera agapfa ku bwa Lionel Messi
Umunyezamu wa Argentina,Emiliano Martinez,yavuze ko kubera urukundo akunda kapiteni we Lionel Messi ndetse ko yakwemera gupfa ariko uyu mukinnyi uri mu ba mbere mu mateka ya ruhago agatsinda. Umunyezamu Emiliano Martinez,urindira ikipe ya Aston Villa yavuze ko gutwara Copa…
Ifoto y’umunsi : Kenny Sol na Ariel Wayz mu rukundo mbere ya Juno Kizigenza
Unkuru y’urukundo rwa Juno Kizigenza Ariel Wayz rwasakaye cyane ku mbugankoranyambaga nyuma y’uko basoye indirimbo “ AWAY”. Umuhanzi kazi Ariel Wayz ari mu bahanzi bavuzwe cyane mu minsi ishize batagiye bavugwa cyane mu nkundo, nyamara amakuru ahari ni uko…
Umumotari yatunguye uwo yatwaraga buri munsi muri ibi bihe bya Guma mu Rugo kuko yari atamuherutse
Umumotari utamenyekanye amazina yatunguye umukiliya we witwa Mwiza Sophy, uzwi cyane kuri Twitter muri Uganda, amujyanira ibyo kurya kuko yari amaze iminsi atamubona ngo amutware nk’ibisanzwe. Mwiza ni we watangaje ibyabaye kuri Twitter, avuga ko umumotari yamutunguye nyuma y’ibyumweru…
Basketball: Kapiteni w’Amavubi y’abagore akomeje guca ibintu nyuma y’uko yambitswe impeta n’uwo bahuje igitsina
Kapiteni w’ikipe y’u Rwanda y’abagore ikina Basketball, Tierra Monay Henderson aherutse kwambikwa impeta n’umukunzi we w’umukobwa witwa Amanda Thompson wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Iyi nkuru Kapiteni Monay yayitangarije ku rubuga rwa Instagram tariki ya 21 Gicurasi…
Polisi y’u Rwanda yifashishije Drake ikangurira kutadohoka ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19
Police y’u Rwanda yifashishije amafoto abiri y’umuraperi w’Umunya-Canada, Drake mu gukangurira buri wese kutadohoka ku mabwiriza agamije kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyakajije umurego mu Rwanda kuva muri Kamena 2021. Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nyakanga 2021, Polisi y’u…
Nigeria: Abajura bahanuye indege y’igisirikare mu buryo bw’imbonekarimwe
Abajura bo muri Nigeria bahanuye indege y’igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere, mu buryo bw’imbonekarimwe aho indege ya gisirikare ihanuwe n’itsinda ry’abajura. Igisirikare cya Nigeria kirwanira mu kirere cyavuze ko umupilote w’iyo ndege yari amaze gusoza igitero ku bashimusi…
U Rwanda rurashinjwa kumviriza telefoni z’abantu hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ibirego u Rwanda ruhahakana rwivuye inyuma. Bamwe mu bavugwa harimo Mende wo muri RDC ndetse na Carine Rusesabagina
Nyuma y’amakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone z’abantu mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime…
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika. Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu…