Latest post

Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze muri 2021

Share this:

  Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze…

Share this:
Posted on

RIB yataye muri yombi umuyobozi ushinzwe imyubakire mu mugi wa Kigali

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo…

Share this:
Posted on

Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wanduye ubwoko bushya bwa covid-19 yiswe Delta

Share this:

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyashyize hanze ibimenyetso bishobora kwereka umuntu ko yanduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa Delta.   RBC ivuga ko ibyo bimenyetso ari: Gucibwamo ▪︎Isesemi no kuruka ▪︎Kubabara imikaya ▪︎Kubabara cyane umutwe ▪︎Gucika intege ▪︎Ibicurane ▪︎Kumagara mu…

Share this:
Posted on

Nyagatare: Umunyamakuru wa Flash FM yakubiswe na mudugudu n’insoresore ze ajya ku bitaro nyamara yari amwitabaje ngo amurenganure

Share this:

Umunyamakuru wa Radiyo Flash FM, Charles Ntirenyanya, aravuga ko yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo mu Murenge wa Karangazi. Ntirenganya avuga ko yakubiswe na Mudugudu Sam, mu gatuza, nk’uko yatangarije BWIZA dukesha iyi nkuru avuga ko yakubiswe ahagana…

Share this:
Posted on

RDC: Umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023 urakataje ariko utuma hatutumba umwuka mubi hagati y’uyu mugabo n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi

Share this:

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite…

Share this:
Posted on

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi muri 2021 ruyobowe na Iceland

Share this:

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi. Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi…

Share this:
Posted on

Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amafaranga make

Share this:

Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, iyirukanwa ry’aba bapasiteri ryahishuwe n’umwe muri bo witwa Peter Godwin wakoraga iyi nshingano…

Share this:
Posted on

Kwiyiriza kuri Arafah bituma Allah akubabarira ibyaha by’imyaka 2: Sobanukirwa uyu munsi w’igisibo muri Islam wizihijwe kuri uyu wa Mbere

Share this:

Umufasha w’intumwa y’Imana Muhammad, Aisha yemeje ibyo yabwiwe ku migisha ikomeye yo gusiba ku munsi wa Arafah. Avuga ibyo yabwiwe n’Intumwa y’Imana imwerurira ko nta gihe kibaho Allah avana abantu benshi mu muriro nko ku munsi w’igisibo cya Arafah.  …

Share this:
Posted on

Miss Muyango aritegura kwibaruka imfura ye

Share this:

Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo.   Amakuru yo gutwita k’uyu mukobwa si mashya mu matwi y’abakurikiranira hafi ubuzima bw’ibyamamare mu Rwanda, ariko…

Share this:
Posted on

Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube

Share this:

Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora.   Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata…

Share this:
Posted on