Nyagatare: Umunyamakuru wa Flash FM yakubiswe na mudugudu n’insoresore ze ajya ku bitaro nyamara yari amwitabaje ngo amurenganure
Umunyamakuru wa Radiyo Flash FM, Charles Ntirenyanya, aravuga ko yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo mu Murenge wa Karangazi. Ntirenganya avuga ko yakubiswe na Mudugudu Sam, mu gatuza, nk’uko yatangarije BWIZA dukesha iyi nkuru avuga ko yakubiswe ahagana…
RDC: Umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023 urakataje ariko utuma hatutumba umwuka mubi hagati y’uyu mugabo n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite…
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi muri 2021 ruyobowe na Iceland
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi. Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi…
Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amafaranga make
Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, iyirukanwa ry’aba bapasiteri ryahishuwe n’umwe muri bo witwa Peter Godwin wakoraga iyi nshingano…
Kwiyiriza kuri Arafah bituma Allah akubabarira ibyaha by’imyaka 2: Sobanukirwa uyu munsi w’igisibo muri Islam wizihijwe kuri uyu wa Mbere
Umufasha w’intumwa y’Imana Muhammad, Aisha yemeje ibyo yabwiwe ku migisha ikomeye yo gusiba ku munsi wa Arafah. Avuga ibyo yabwiwe n’Intumwa y’Imana imwerurira ko nta gihe kibaho Allah avana abantu benshi mu muriro nko ku munsi w’igisibo cya Arafah. …
Miss Muyango aritegura kwibaruka imfura ye
Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo. Amakuru yo gutwita k’uyu mukobwa si mashya mu matwi y’abakurikiranira hafi ubuzima bw’ibyamamare mu Rwanda, ariko…
Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube
Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora. Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata…
Umusirikare yarasiye umukunzi we ku karubanda amuhora kwanga kuvuga YEGO ubwo yamutereraga ivi
Ni kenshi humvikana abantu babengewe ku karubanda, ibintu bishobora gutuma umwe atekereza nabi cyane iyo hari amafaranga yagutanzeho nk’uko umusirikare wo muri Nigeria yaruhiye umukobwa yakundaga akamuha amafaranga menshi azi ko bazabana bikarangira amurashe. Mu nkuru zibabaje ziri kuvugwa…
Rwanda: 3.8% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19. Uko imibare ihagaze muri buri Karere
Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo. Umurwa mukuru Kigali n’utundi turere umunani uyu munsi batangiye umunsi wa gatatu mu…
Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n’ubufatanye
Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n’ikipe ya Casablanca. Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw’iminsi…