Miss Muyango aritegura kwibaruka imfura ye
Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo. Amakuru yo gutwita k’uyu mukobwa si mashya mu matwi y’abakurikiranira hafi ubuzima bw’ibyamamare mu Rwanda, ariko…
Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube
Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora. Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata…
Umusirikare yarasiye umukunzi we ku karubanda amuhora kwanga kuvuga YEGO ubwo yamutereraga ivi
Ni kenshi humvikana abantu babengewe ku karubanda, ibintu bishobora gutuma umwe atekereza nabi cyane iyo hari amafaranga yagutanzeho nk’uko umusirikare wo muri Nigeria yaruhiye umukobwa yakundaga akamuha amafaranga menshi azi ko bazabana bikarangira amurashe. Mu nkuru zibabaje ziri kuvugwa…
Rwanda: 3.8% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19. Uko imibare ihagaze muri buri Karere
Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo. Umurwa mukuru Kigali n’utundi turere umunani uyu munsi batangiye umunsi wa gatatu mu…
Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n’ubufatanye
Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n’ikipe ya Casablanca. Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw’iminsi…
Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo
Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19….
Wari uzi ko imbuto z’ikinyomoro ari urukingo rukomeye ku ndwara nyinshi zirimo iz’umutima, diabete…? Sobanukirwa
Ibinyomoro (tree tomato cg tamarillo) ni urubuto rw’ingirakamaro kandi rwiza, ruryohera rukagira na aside, kandi rushobora kwera ahantu hato, nko mu busitani. Kubera intungamubiri zarwo ruzwiho kurinda zimwe mu ndwara z’umutima ndetse na Diyabete. Ibinyomoro byatangiye guhingirwa muri amerika…
Riderman yahishuye amazina yise abana b’impanga aherutse kubyara n’ibisobanuro byayo
Umuraperi Gatsinzi Emery [Riderman] uri mu bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko abana b’impanga b’abakobwa aherutse kwibaruka yabise amazina; umukuru yamwise Kamba naho umuto yamwise Randa. Riderman yifashishije konti ye ya Instagram mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 23…
Dore indwara zirimo n’izikomeye ndetse n’ibyago 10 waba wirinze uramutse unyweye umucyayicyayi mu buryo bukwiye
Umucyayicyayi tuwuzi nk’ikirungo cy’icyayi aho ukoreshwa wonyine cyangwa ukavangwa n’andi majyane anyuranye mu rwego rwo kurunga icyayi. Gusa Umucyayicyayi ni n’umuti w’indwara nyinshi harimo iz’umutima ziterwa n’ibinure byinshi, kuribwa mu nda, gusukura umubiri n’ibindi. Umucyayicyayi ufite byinshi by’ingenzi umarira…
Reba umuhanzikazi Lizzo ufite ubunini budasanzwe ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga barimo 50 Cent na P Diddy
Umuhanzikazi Lizzo uri mu bagezweho akomeje kuvugisha abantu benshi barimo P Diddy na 50 Cent. Uyu mukobwa akaba atangaza benshi kubera icyizere yigirira akerekana amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yerekana imiterere ye y’ubunini budasanzwe mu gihe hamenyerewe ko ababikora ari…