Latest post

Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo

Share this:

Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19….

Share this:
Posted on

Wari uzi ko imbuto z’ikinyomoro ari urukingo rukomeye ku ndwara nyinshi zirimo iz’umutima, diabete…? Sobanukirwa

Share this:

Ibinyomoro (tree tomato cg tamarillo) ni urubuto rw’ingirakamaro kandi rwiza, ruryohera rukagira na aside, kandi rushobora kwera ahantu hato, nko mu busitani. Kubera intungamubiri zarwo ruzwiho kurinda zimwe mu ndwara z’umutima ndetse na Diyabete.   Ibinyomoro byatangiye guhingirwa muri amerika…

Share this:
Posted on

Riderman yahishuye amazina yise abana b’impanga aherutse kubyara n’ibisobanuro byayo

Share this:

Umuraperi Gatsinzi Emery [Riderman] uri mu bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko abana b’impanga b’abakobwa aherutse kwibaruka yabise amazina; umukuru yamwise Kamba naho umuto yamwise Randa.   Riderman yifashishije konti ye ya Instagram mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 23…

Share this:
Posted on

Dore indwara zirimo n’izikomeye ndetse n’ibyago 10 waba wirinze uramutse unyweye umucyayicyayi mu buryo bukwiye

Share this:

Umucyayicyayi tuwuzi nk’ikirungo cy’icyayi aho ukoreshwa wonyine cyangwa ukavangwa n’andi majyane anyuranye mu rwego rwo kurunga icyayi. Gusa Umucyayicyayi ni n’umuti w’indwara nyinshi harimo iz’umutima ziterwa n’ibinure byinshi, kuribwa mu nda, gusukura umubiri n’ibindi.   Umucyayicyayi ufite byinshi by’ingenzi umarira…

Share this:
Posted on

Reba umuhanzikazi Lizzo ufite ubunini budasanzwe ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga barimo 50 Cent na P Diddy

Share this:

Umuhanzikazi Lizzo uri mu bagezweho akomeje kuvugisha abantu benshi barimo P Diddy na 50 Cent. Uyu mukobwa akaba atangaza benshi kubera icyizere yigirira akerekana amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yerekana imiterere ye y’ubunini budasanzwe mu gihe hamenyerewe ko ababikora ari…

Share this:
Posted on

Reba ifoto ya Messi ikoze amateka kuri Instagram igakuraho agahigo k’iya Cristiano Ronaldo

Share this:

Nyuma yo kwegukana igikombe cya Copa America, ifoto ya Lionel Messi yakoze amateka yo gukundwa n’abantu benshi kuri Instagram mu mafoto yo muri Siporo.   Kuri uyu wa 6 hari hashize icyumweru Argentina na Messi begukanye igikombe cya Copa America….

Share this:
Posted on

Abakuru B’ibihugu 5 Bakize Kurusha Abandi Ku Mugabane Wa Afurika Muri 2021 – AMAFOTO

Share this:

Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat,…

Share this:
Posted on

Menya umubiri wawe: Ibara ry’imihango ubona rifite byinshi risobanuye harimo n’ibyo ugomba kwitondera cyane

Share this:

Ibara ry’imihango yawe rifite byinshi rivuze, byerekeye ubuzima akaba ariyo mpamvu ugomba kuryitondera, mu gihe waba ubona rihinduka ukaba wagana kwa muganga ukamenya impamvu byifashe gutyo.   Abakobwa bose bageze mu gihe cy’ubugimbi, baba bagomba kujya mu mihango ngaruka kwezi….

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kudidimangira imbere ya Perezida wa Tanzania Samia Suhulu

Share this:

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahawe akomeje kwibasirwa (guhabwa urw’amenyo) n’abakoresha imbuga nkoranyambaga bamuhora kuvuga nabi ururimi rw’Icyongereza benshi bagereranyije no kudidimanga. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yavuze mu cyongereza ubwo yabwiraga itangazamakuru ibyo we na Perezida Samia Suluhu Hassan wa…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Yagenze Kirometero Miliyoni 5 ashakisha umwana we, amubona nyuma y’imyaka 24

Share this:

Umugabo w’Umushinwa yongeye guhuzwa n’umuhungu we nyuma y’imyaka 24 amushakisha aho yagenze 5.000.000km mu Bushinwa ari kuri moto amushakisha nyuma y’uko yari yibwe n’abagiye ku mugurisha mu 1997.   Ni umwana w’umuhungu wa Guo Gangtang, yashimuswe n’abacuruza abantu afite imyaka…

Share this:
Posted on