Latest post

Uncategorized

Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc

Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika.   Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu…

Posted on

Capucine ni ururabo rwiza ariko ikaba n’umuti w’indwara nyinshi zikunze kwibasira abantu cyane. Menya indwara ivura n’uko wayikoresha

Tujya tuyibona cyangwa natwe tukayitera mu busitani. Nyamara capucine (soma kapusine) ifitiye umumaro ubuzima bwacu. Uyu ni umwe mu miti gakondo ikoreshwa kuva kera cyane kubera akamaro kayo mu kuvura indwara zinyuranye cyane cyane izo mu myanya y’ubuhumekero.   Akamaro…

Posted on

Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze muri 2021

  Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze…

Posted on

RIB yataye muri yombi umuyobozi ushinzwe imyubakire mu mugi wa Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo…

Posted on

Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wanduye ubwoko bushya bwa covid-19 yiswe Delta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyashyize hanze ibimenyetso bishobora kwereka umuntu ko yanduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa Delta.   RBC ivuga ko ibyo bimenyetso ari: Gucibwamo ▪︎Isesemi no kuruka ▪︎Kubabara imikaya ▪︎Kubabara cyane umutwe ▪︎Gucika intege ▪︎Ibicurane ▪︎Kumagara mu…

Posted on

Nyagatare: Umunyamakuru wa Flash FM yakubiswe na mudugudu n’insoresore ze ajya ku bitaro nyamara yari amwitabaje ngo amurenganure

Umunyamakuru wa Radiyo Flash FM, Charles Ntirenyanya, aravuga ko yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo mu Murenge wa Karangazi. Ntirenganya avuga ko yakubiswe na Mudugudu Sam, mu gatuza, nk’uko yatangarije BWIZA dukesha iyi nkuru avuga ko yakubiswe ahagana…

Posted on

RDC: Umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023 urakataje ariko utuma hatutumba umwuka mubi hagati y’uyu mugabo n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite…

Posted on

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi muri 2021 ruyobowe na Iceland

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi. Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi…

Posted on

Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amafaranga make

Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, iyirukanwa ry’aba bapasiteri ryahishuwe n’umwe muri bo witwa Peter Godwin wakoraga iyi nshingano…

Posted on

Kwiyiriza kuri Arafah bituma Allah akubabarira ibyaha by’imyaka 2: Sobanukirwa uyu munsi w’igisibo muri Islam wizihijwe kuri uyu wa Mbere

Umufasha w’intumwa y’Imana Muhammad, Aisha yemeje ibyo yabwiwe ku migisha ikomeye yo gusiba ku munsi wa Arafah. Avuga ibyo yabwiwe n’Intumwa y’Imana imwerurira ko nta gihe kibaho Allah avana abantu benshi mu muriro nko ku munsi w’igisibo cya Arafah.  …

Posted on