Leta Izagaburira Imiryango Ibihumbi 210 Muri Guma Mu Rugo//Hari Abahitanwe Na Covid-19 Barakingiwe
Kuri uyu wa Kane,habaye ikiganiro n’abanyamakuru cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi JMV,Minisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda,Habyarimana Beata,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima,Dr.Mpunga Tharcisse n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera. Minisitiri muri MINALOC,Gatabazi JMV yavuze ko…
Sergio Ramos yatangaje umukinnyi watumye yerekeza muri Paris Saint-Germain
Myugariro Sergio Ramos wari umaze imyaka 16 muri Real Madrid ariko akaba yerekeje muri Paris Saint-Germain,yavuze ko Neymar Jr ariwe wagize uruhare runini rwo kwerekeza muri iyi kipe yo mu Bufaransa. Ramos yavuze ko gushidikanya kose yari afite kuri…
Diamond yaguze Imodoka iri mu zihenze Za mbere ku Isi[AMAFOTO]
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga asaga miliyoni 330 Frw. Uyu muhanzi usanzwe akunda imodoka…
Uganda yaciye amarenga ko imipaka yayo n’u Rwanda ishobora gufungurwa vuba
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ububanyi n’amahanga, Henry Okello Oryem yatanze icyizere ko imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda ifungurwa mu gihe cya vuba. Minisitiri Okello yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Xinhua News, ku murongo wa telefone, ubwo yabazwaga…
60% by’abandura COVID19 mu Rwanda baba bafite virus nshya ya Delta ibica amarenga ko ibihe bibi bishobora kuba biri imbere kurusha ibyatambutse- Dr Mpunga
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt Col Dr. Tharcisse Mpunga avuga ko ibipimo bifatwa bigaragaraza ko 60% baba baranduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwiswe Delta. Mu makuru ya Radiyo Rwanda, muganga Mpunga yavuze ko ” ibipimo bifitwa bigaragaza…
Eddy Kenzo ’yateye inda’ umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda
Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda umukobwa wa nyiri Azam witwa Bellinda Myra Bhakresa bakundanye muri iki gihe. Amakuru ava mu nshuti za hafi za Myra, uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo….
Jali: Umugabo Yasanzwe Amanitse Mu Giti Yapfuye
Umugabo witwa Mpamira Marcel mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Nyakanga yasanzwe mu giti yapfiriye mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo. Aya makuru akaba yamenyekanye ubwo abakorana na nyakwigendera bakomeje kumushaka ku murongo wa telefoni ngendanwa bakamubura,…
Mike Karangwa yamaze kurega Murindahabi Irene ashinja kumwandagaza agamije inyungu ze bwite yitwaje ikibazo yagiranye n’abahanzi Vestine & Dorcas
Umunyamakuru Mike Karangwa yashyize hanze ukuri kwe ku kibazo cye na mugenzi we Murindahabi Irene wamushinje kuba mu mugambi wo gushaka kumutandukanya n’itsinda ry’abahanzi, Vestine & Dorcas, binyuze ku babyeyi babo. . Mike Karangwa yareze Murindahabi Irene . Ikibazo cya…
Ntibisanzwe: Yasoje icyiciro cya 2 cya Kaminuza ku myaka 11 gusa aba uwa 2 uciye aka gahigo. Byinshi kuri Lauren Simons ufite intego yo gutsinda urupfu
Lauren Simons ku myaka 11 yaciye agahigo ahita ajya ku mwanya wa 2 mu basoje icyiciro cya kabiri cya Kaminuza ari bato cyane, akaba yasoje mu ishami ry’ubugenge. Icyifuzo cye ni ukuzavumbura icyatuma umuntu abaho iteka. . Yaciye agahigo…
Gianluigi Donnarumma yahishuye impamvu itangaje atishimiye gukuramo penaliti ya Saka yahesheje intsinzi Ubutariyani
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma wabaye umukinnyi w’irushanwa rya EURO 2020 yavuze ko nyuma yo gukuramo penaliti ya Bukayo Saka atigeze yishima kubera ko atari azi ko batsinze. Gianluigi Donnarumma yavuze ko ubwo yari akuyemo iyi penaliti y’intsinzi,yari aziko bakomeza gutera izindi,gusa…