Latest post

Jali: Umugabo Yasanzwe Amanitse Mu Giti Yapfuye

Share this:

Umugabo witwa Mpamira Marcel mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Nyakanga yasanzwe mu giti yapfiriye mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo.   Aya makuru akaba yamenyekanye ubwo abakorana na nyakwigendera bakomeje kumushaka ku murongo wa telefoni ngendanwa bakamubura,…

Share this:
Posted on

Mike Karangwa yamaze kurega Murindahabi Irene ashinja kumwandagaza agamije inyungu ze bwite yitwaje ikibazo yagiranye n’abahanzi Vestine & Dorcas

Share this:

Umunyamakuru Mike Karangwa yashyize hanze ukuri kwe ku kibazo cye na mugenzi we Murindahabi Irene wamushinje kuba mu mugambi wo gushaka kumutandukanya n’itsinda ry’abahanzi, Vestine & Dorcas, binyuze ku babyeyi babo. . Mike Karangwa yareze Murindahabi Irene . Ikibazo cya…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Yasoje icyiciro cya 2 cya Kaminuza ku myaka 11 gusa aba uwa 2 uciye aka gahigo. Byinshi kuri Lauren Simons ufite intego yo gutsinda urupfu

Share this:

Lauren Simons ku myaka 11 yaciye agahigo ahita ajya ku mwanya wa 2 mu basoje icyiciro cya kabiri cya Kaminuza ari bato cyane, akaba yasoje mu ishami ry’ubugenge. Icyifuzo cye ni ukuzavumbura icyatuma umuntu abaho iteka.   . Yaciye agahigo…

Share this:
Posted on

Gianluigi Donnarumma yahishuye impamvu itangaje atishimiye gukuramo penaliti ya Saka yahesheje intsinzi Ubutariyani

Share this:

Umunyezamu Gianluigi Donnarumma wabaye umukinnyi w’irushanwa rya EURO 2020 yavuze ko nyuma yo gukuramo penaliti ya Bukayo Saka atigeze yishima kubera ko atari azi ko batsinze. Gianluigi Donnarumma yavuze ko ubwo yari akuyemo iyi penaliti y’intsinzi,yari aziko bakomeza gutera izindi,gusa…

Share this:
Posted on

Tiffah umukobwa wa Diamond yari agiye kumena ibanga ry’urukundo rwa Diamond na Zari muri iki gihe

Share this:

Zari Hassan ntabwo yaretse umukobwa we yabyaranye na Diamond, Tiffah arangiza kuvuga iby’urukundo rwe na Diamond, aho yahise amuca mu ijambo avuga ko ari akabeshyi k’akana. Uyu mugore wibera muri Afurika y’Epfo, yashyize kuri Instagram y’uyu mwana amashusho atandukanye ye…

Share this:
Posted on

Dore akayabo Manishimwe Djabel yahawe na APR FC kugirango yongere amasezerano

Share this:

Umukinnyi Djabel Manishimwe ukina inyuma y’aba rutahizamu, yasinye amasezerano y’imyaka 4 muri APR FC ariko ahabwa akayabo k’amafaranga adahabwa buri wese mu Rwanda. . Manishimwe Djabel yongereye amasezerano muri APR FC . Djabel yahawe amafaranga atahabwa umukinnyi uwo ari we…

Share this:
Posted on

Minisitiri W’Ingabo Muri Afurika Y’Epfo Yatangaje Ko Ari Ikibazo Kuba Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Iza SADC Muri Mozambique

Share this:

Minisitiri w’Ingabo wa Afurika y’Epfo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula ko ari ikibazo kuba ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique mbere y’iz’umuryango w’ibihugu biri mu majyepfo ya Afurika, SADC. Minisitiri Mapisa-Nqakula yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri SABC News tariki ya 10 Nyakanga 2021,…

Share this:
Posted on

Ni nde uzishyura ikiguzi cy’ibyo ingabo za RDF zoherejwe muri Mozambique zizakoresha? U Rwanda rubifitemo izihe nyungu? RDF irabisobanura

Share this:

Umuvigizi wa RDF, Col Ronald Rwivanga, yamaze impungenge abibaza ugomba kwishyura ikiguzi cy’ibyo ingabo zoherejwe muri Mozambique zizakenera, ashimangira ko ari ngombwa ko ikibazo cy’iterabwoba kiri muri Mozambique gifatiranwa hakiri kare kuko ikiguzi cy’umutekano mucye ari cyo kinini kurusha icy’intambara…

Share this:
Posted on

APR FC yerekanye abakinnyi 6 imaze kugura ndetse na 3 yarekuye

Share this:

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC igomba guhagararira u Rwanda mu mikino mpuzamahanga ya Afurika CAF Champions League igomba gutangira muri Nzeri yerekanye ku mugaragaro abakinnyi 6 yaguze n’abo yatandukanye nabo   . APR FC yaguze abakinnyi 6   Ubuyobozi bw’iyi…

Share this:
Posted on

Abapfumu batumye umugabo yivugana umugore we bari bamaranye amezi 3 gusa amuteye icyuma

Share this:

Umugabo witwa Nnanna Emeka ukomoka muri Nigeria aherutse kwica umugore we bari bamaze amezi 3 bakoze ubukwe kugira ngo amutambemo igitambo ku bapfumu.   Uyu mugabo ukomoka ahitwa Ugbele Mgbidi muri leta ya Imo,yishe uyu mugore taliki ya 3 z’uku…

Share this:
Posted on