Nyuma ya bombori bombori hagati ya Irene na n’itsinda Vestine na Dorcas ubu ibintu byasubiye mu buryo. Bongeye kunga ubumwe
Umunyamakuru akaba na Nyiri lebel izamura abanyempano, Mulindahabi Irene,yamaze gusubirana n’abahanzi be yazamuye aribo Vestine&Dorcas nyuma y’iminsi mike atangaje ko batandukanye kubera impamvu zitandukanye zirimo kutumvikana ku muyoboro wa You Tube w’aba bahanzikazi. . M. Irene Entertainment yasubiranye Vestine…
Lionel Messi yiyunze n’abanya Argentina yegukana Copa America 2021 – AMAFOTO
Nyuma y’ imyaka 15 ashaka igikombe ari kumwe n’ikipe y’igihugu cye Argentina,Lionel Messi na bagenzi be begukanye igikombe cya Copa America 2021 batsindiye Brazil ku mukino wa nyuma igitego 1-0. Nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma inshuro 5…
Umusifuzi w’umugore ufite uburanga budasanzwe asifurira abagabo bakamurangarira[AMAFOTO]
Umugore witwa Akhona Makalima n’umwe mu basifuzi bari kuzamuka cyane mu mupira w’amaguru w’afurika gusa uburanga bwe bukomeje gutuma amenyekana cyane. Uyu mugore w’imyaka 32 aheruka gusifura umukino wa Cosafa uherutse guhuza Zambia na Lesotho kuwa Kane. Uyu…
How To Make More Than $900/Mo On Youtube? The Easy Way.
Earning Potential: You can make between 1 and 3 cents per view. So for every 1,000 views your channel gets, you’ll earn between $10 and $30. . How to make money on Youtube? . How to grow a channel to…
Uko wakorera asaga ibihumbi 100RWF ku munsi wifashishije urubuga rwa Youtube
Kora Channel kuri youtube maze utangire ushyireho amashusho(videos). Ushobora gukorera ama-cent hagati ya 1 na 3 kuri buri video yawe irebwe. Bivuze ko niba video yawe irebwe inshuro 1000 cyangwa igiteranyo cyo kurebwa kigeze kuri uyu mubare, winjiza hagati ya…
Uko wakorera asaga ibihumbi 100RWF ku munsi Online Wibereye Mu Rugo + Ubuhamya – Igice Cya I
Hamwe n’ikoranabuhanga cyane cyane irya murandasi, biroroshye ko umuntu yakorera amafaranga yibereye mu rugo cyangwa akora n’ibindi mu buryo bworoshye kandi busa n’ubusekeje. . Uko wakorera amafaranga online . Kwigisha abantu ibyo uzi cyangwa kubaganiriza ku bunararibonye ufite bishobora kukwinjiriza…
Uko wakorera arenga 200,000RW/ukwezi mu buryo bworoshye hamwe na Iwacumarket
Biragora cyane gutangira ubucuruzi ndetse bikaba ihurizo kuri benshi cyangwa se akadashoboka iyo havuzwe “Kwihangira umurimo”. Ese nawe utekereza ko kwihangira umurimo bigoye? Waba warigeze ugerageza biranga? Muri iyi nkuru ngiye kukugezaho uko wakwihangira umurimo ndetse ukabona asaga 200,000RWF buri kwezi…