Hamenyekanye ubundi buhemu Ububirigi bwakoreye u Rwanda cyane cyane Umwami Rudahigwa
•
Umunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo kwica Umwami Yuhi V Musinga bikozwe n’Ababiligi, umuhungu we, Mutara III Rudahigwa yabinginze ngo bamuhe umugogo we ushyingurwe mu cyubahiro ndetse abahonga amafaranga menshi ariko biba iby’ubusa baranga bawujyana i Burayi. Ibi Lt Col (Rtd) Nyirimanzi yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka abari…
USA: CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler
•
Adolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko yanze kumanika amaboko ngo afatwe ahubwo agahitamo kwirasa umurambo we uhita ujugunywa muri aside n’abasirikare be. Mu 1945 u Budage bumaze gutsindwa intambara ya kabiri y’Isi n’ingabo z’aba-Soviyete abenshi bemeye ko umurambo wa Adolf…
Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
•
Kuri uyu wa 10 mata 2025,nibwo umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma mu karere ka Rulindo. Ni umuhango yabimburiwe n’igitambo cya Misa cyaturiwe muri paruwasi ya Rulindo,cyayobowe na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda Arikiyepisikopi wa Arikidiyosezi ya Kigali akaba na perezida w’inama y’abepisikopi mu Rwanda. Alain Mukuralinda ukomoka mu Karere…
Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8
•
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko ingabo za Leta zigaruriye turiya duce two muri Chefferie ya Buhavu ho muri Teritwari ya Kalehe, nyuma yo kugaba ibitero by’uruhurirane ku birindiro bya M23. Imirwano y’impande zombi…
Huye: Impanuka y’imodoka yahitanye umushoferi, abagenzi benshi barakomereka
•
Impanuka y’imodoka itwara abagenzi yabereye mu karere ka Huye ku wa Kabiri tariki ya 8 Mata yaguyemo umushoferi, na ho abagenzi 22 bayikomerekeramo. Ni impanuka yabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri, ibera mu mudugudu wa Kagarama, akagari ka Tare ho mu murenge wa Mbazi, ubwo Coaster ya Sosiyete itwara abagenzi ya Sosiyete ya…
Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa
•
Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibyo AFC/M23 isaba ni: -Itangazo rya Felix Tshisekedi ryerekana ubushake bwa politiki bw’ubutegetsi bwe bwo kugirana imishyikirano itaziguye na AFC / M23.…