Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze
Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye…
Barishwe: Abasirikare 13 b’Uburundi baheruka gupfira mu kiyaga cya Tanganyika baba baragambaniwe. Hahishuwe mugenzi wabo wabagambaniye
Kugeza magingo aya, turacyakurikirana amakuru y’impanuka y’ubwato bwa gisirikare bwabereye mu kiyaga cya Tanganyika ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, ikaba yaratwaye ubuzima bw’abasirikare benshi b’u Burundi. Ubu bwato bwari buvuye mu gace ka Ubwari butwaye…
Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bamuca intege
Umukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga…
Urupfu rw’Umusirikare w’u Burundi usize abana babiri bakiri bato rwateye benshi agahinda.
Mu gihe igihugu cy’u Burundi cyose gikomeje kugerwaho n’amakuru y’incamugongo, umuryango wa 1ère Classe Emery Kwizera uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’itangazwa ry’amakuru avuga ko uyu musirikare yaba yarapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabaye ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18…
Abarwanyi ba Wazalendo na FDLR baheruka gukubitwa incuro na M23 bagahunga mu Rugezi bahuye n’ikindi gitero simusiga kibamereye nabi
Nyuma y’uko Twirwaneho na M23 bifashe igice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bahahunze bahuye n’ikindi gitero kibi kitari icyo kuraswa gusa—bageramiwe n’inzara, ubukonje, n’ubwigunge mu mashyamba ya Rugezi. Amakuru…
Imyanya y`ubushoferi muri Ministry of environment (MOE) :Deadline: 25/04/2025
Job responsibilities • The employees will serve as the approved designate driver of the MoE project cars • Ensure the vehicle’s day to day maintenance; • Proper transportation of people/items for the program; • Perform the driving duties for the…
Abaturage bahagurutse: Hakozwe imyigaragambyo karundura yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
Umwuka w’uburakari wazamutse mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kabiri, ubwo abaturage bahagurukaga mu myigaragambyo ikomeye barwanya Leta ya Kinshasa, bavuga ko bayirambiwe kubera kutubahiriza ibyo yemeye mu biganiro byo gushaka amahoro. Ibi bibaye nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ryatangaje…
RIB yataye muri yombi Turahirwa Moses wa Moshions
Umuyobozi w’Inzu y’Imideli ya Moshions, Turahirwa Moses, yongeye gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, icyaha asanzwe yarigeze gukurikiranywaho mu mwaka wa 2023. Nk’uko byemejwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, mu kiganiro kigufi yahaye…
M23 yahaye isomo rikomeye Perezida Tshisekedi nyuma y’amasaha macye ibiganiro bya Doha bikubise igihwereye
Ihuriro riharanira impinduka rya AFC/M23 ryigaruriye ku nshuro ya kabiri agace ka Walikale nyuma yo kwitandukanya n’amasezerano ya Doha, nyuma y’igihe gito ryari ryiyemeje gukura abasirikare baryo mu bice bimwe na bimwe birimo n’uyu mujyi. Ibi byabaye nyuma y’uko Leta…
Barashaka kwisubiza Goma? Abasirikare ba SADC bagombaga gusubira iwabo banyuze i Kigali ntabwo bagitashye uyu munsi kubera impamvu yavugishije benshi
Ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zitegerejweho gusubira mu bihugu byazo binyuze i Kigali nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere abyemeza, gusa zamaze gutungura benshi ubwo zititaye ku itariki yari yemeranyijweho,…