Intambara ihinduye isura! Drone z’Ububirigi zatangiye kurasa M23 zinatwika indege yayo. Amabanga akubiye mu butumwa Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Congo yajyanye i Burundi, Tanzania na Afurika y’epfo
•
Amakuru aravuga ko ubu M23 irimo kuraswaho bikomeye n’ingabo za Congo hakoreshwe Drone Ababirigi baherutse kuzanayo binafashijwemo n’abasirikare babwo 500 bwohereje muri iki gihugu gushyigikira ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa bayo. Muri iyi minsi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo arimo kuzenguruka ibihugu byahoze cyangwa bigifasha Congo mu rugamba rwo kurwana na M23 aho yatangiriye i…
Amerika yihakanye Tshisekedi yanga amabuye ya Congo, Gukorera muri Congo ntibishoboka – Rapport ya Jackson
•
Ku munsi w’ejo nibwo Congre ya Amerika yumvaga raporo ya Congressman Jackson wari woherejwe kureba niba Ubufatanye Congo yasabye Amerika bushoboka mu bijyanye n’amabuye y’agaciro ndetse n’umutekano. Jackson yavuze ko yahuye n’abaperezida bose bo mu bihugu by’akararere harimo Tshisekedi, Ndayishimiye, Paul Kagame ndetse na Museveni mu rwego rwo kumva impande zose ndetse no kumenya…
Igikuba cyacitse: Congo yasajijwe n’ibyavuzwe na USA inaca amarenga ko u Rwanda rwaba rwatanze ruswa
•
Leta ya RDC yahakanye ibyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ivuga ko kuba igitaramo cya Gims kizabera i Paris cyarashyizwe taliki 7 Mata ari uguhurirana gusa kw’amatariki ngo kuko abagiteguye bahisemo iyo taliki kuko ari wo munsi babonye bakoreraho igitaramo nyuma y’igifungo cya Ramazani abasiramu barimo ubu kandi ngo benshi mu bahanzi bazakitabira…
Umwana wishwe n’igihano yahawe na se yababaje abatari bake
•
Mu gikorwa cy’ubugome mu mujyi wa Ohio, umwana w’imyaka 12, Jadako Taylor, yitabye Imana nyuma yo gukoreshwa ibihano by’ubugome n’umusore w’imyaka 23, Anthony McCants Amakuru atangwa na People avuga ko McCants yafashe uyu mwana akamushyira mu mazi akonje cyane nk’igihano cyo kumukosora, ibintu byamugizeho ingaruka zikomeye kugeza ku rupfu rwe. Uyu mwana yajyanywe mu…
Perezida Museveni uzaba umushyitsi mukuru mu gitaramo cya The Ben yamukoreye ikintu gikomeye
•
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yateye inkunga igitaramo cy’umuhanzi The Ben kizabera i Kampala ku wa 17 Gicurasi 2025 muri Kampala Serena Hotel. Iki gitaramo ni kimwe mu bikubiye mu rugendo rwe ‘Plenty Love World Tour’, rugamije kumenyekanisha Album nshya ya The Ben yitwa ‘Plenty Love’, iriho indirimbo 12. Perezida Museveni azaba umushyitsi…
Ububirigi bwohereje Abakomando 500, ibifaro na drone mu burasirazuba bwa Congo ngo bifashe kwirukana inyeshyamba za M23 mu bice zigaruriye
•
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, Guverinoma y’u Bubiligi yohereje ingabo, ibifaru na drone muri DRC kugira ngo zitoze kandi zongerere ingufu Ingabo za Congo, FARDC n’imitwe bafatanya ya Wazalendo na FDLR, kugira ngo birukane inyeshyamba za AFC / M23 ubu zigenzura uduce twinshi two mu…