Perezida Ndayishimiye yavuze ikintu Gen. Kabarebe yamukoreye kikamubabaza cyane nyamara bari incuti
•
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yababajwe cyane no kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaramushinje guhamagarira abanye-Congo bo kwica bagenzi babo bo mu bwoko bw’Amanyamulenge. Kabarebe yabigarutseho mu minsi ishize, ubwo yari mu nama nyunguranabitekerezo n’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Icyo gihe yavuze ko Ndayishimiye yagiriye inama amwe…
Madedeli wo muri Papa Sava yasezeranye mu mategeko
•
Umukinnyi wa filime Dusenge Clenia uzwi cyane ku izina rya Madedeli muri filime Papa Sava, yasezeranye imbere y’amategeko na Rugamba Faustin, wahoze ari umukinnyi wa ruhago mu Rwanda. Ubu bukwe bwagizwe ibanga, nta makuru menshi yagiye hanze gusa ariko bivugwa ko aba bombi bari bamaze igihe bakundana, dore ko umwaka ushize byavuzwe ko Rugamba…
Perezida Ndayishimiye yongeye gushimangira umugambi we wo gutera u Rwanda anahishura ikibura ngo arutere
•
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko afite umugambi wo gutera u Rwanda akagera i Kigali, mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BBC Gahuzamiryango. Iki gitangazamakuru cyasubiyemo amagambo ye avuga ko mu gihe umutwe wa M23 umaze igihe urwanira n’ingabo zirimo u Burundi muri Repubulika Iharanira…
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC igiye kongera guterana yiga ku bibazo biri muri RDC. Ingingo zizaganirwaho
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye guhura hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwemeza ibyemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri bo muri iyo miryango mu gushakira igisubizo ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA, aho yagaragaje ko ku wa Mbere…
Gen. Muhoozi yahaye M23 icyumweru kimwe ikaba yafashe Kisangani bitaba ibyo akayifatira
•
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Uganda, UPDF, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zitazitambika umutwe wa M23 mu gihe wagira umugambi wo gufata Umujyi wa Kisangani. Gen. Muhoozi Kainerugaba ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko kandi bibaye byiza uwo mutwe wabikora vuba cyangwa ingabo za UPDF zikabyikorera. Ati “UPDF ntabwo izitambika…
Kenya: Umudepite yakubitiwe kuri Sitade yagiye kureba umupira
•
Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya, yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Harambee Stars na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu mudepite wo muri Mumias, wari wambaye umwambaro wa AFC Leopards, ari hagati y’abafana imbere muri Nyayo Stadium.…