Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Dore inkingi 10 wakubakiraho urukundo rwawe ugahora wishimye ubuzima bwose

    Urukundo n’ingenzi mu buzima bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda ndetse mu kanabana ariko ibyo byose bisaba urugendo kandi muhuriramo na byinshi bishobora kubatandukanya ariko hari inkingi wakubakiraho urukundo rwawe rugakomera ukabaho ubuzima bunyuzwe kandi bwishimye. 1. Ubuzima bw’abakundana bugomba kuba ari ibanga Si byiza gushyira urukundo rwanyu ku karubanda kuko uburyo mwishimiranyemo ni ubuzima…

  • Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri

    Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo mukobwa agukunda by’ukuri. 1. Yifuza kukuba hafi iteka Ahora iteka ashaka kuba…

  • Dore amagambo 10 y’ubwenge umukobwa akoresha iyo ashaka kwereka umusore ko yamubenze

    Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda pe. 1. Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye ko abasore bashakana n’abakobwa baruta, mu gihe umukobwa wifuzaho umukunzi akubwiye ko akiri muto burya aba yumva umuruta cyane kuburyo nta rukundo rukwiye kuba…

  • Dore uburyo 8 wakoresha ukigarurira burundu umutima w’umukobwa ukunda

    Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku munsi Ibi bivuze ko niba utangiye gutereta, waganiriza umukobwa umunsi wa mbere bikakugendekera neza…

  • Yashatse kuba Meya biranga: Byinshi kuri Minisitiri Dr. Utumatwishima

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yahishuye inzira yanyuzemo yamugejeje ku nshingano zo kuyobora urubyiruko, ndetse n’uko yifuje kuyobora Akarere ariko ntibimuhire. Ubwo yaganirizaga abarenga 1000 bitabiriye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubukorerabushake kuri uyu wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024, Minisitiri Dr Utumatwishima yatangaje ko umuyobozi wese mu Rwanda akora…

  • Rayon Sports yanditse amateka mbere yo gucakirana na mukeba APR FC

    Amatike y’umukino w’ikirarane cyo ku munsi wa Gatatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzahuza Rayon Sports na APR FC yashize ku Isoko. Ku munsi w’ejo ku wa Gatandatu Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba nibwo umuriro uzaba waka muri Stade Amahoro ubwo ikipe ya Rayon Sports izaba yakiriye APR FC. Uyu mukino, ni wo…