Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Menya impamvu nyakuri umugore utwite azana umurongo uhagaze ku nda

    Ni kenshi ushobora Kubona iyi mirongo ihagaze kunda y’umugore utwite ukaba wagira impungenge, ahanini kuko uba utazi icyabiteye. Gusa ni ikintu gikunda kugaragara ku bagore benshi batwite cyane cyane ku bafite inda zitangiye gukura. Iyi mirongo rero mu by’ukuri ntabwo iteje ikibazo nkuko benshi bashobora kuba babyibwira. Umurongo uzwi nka “Linea Nigra” (ni ijambo…

  • KNC yijeje abafana ba APR FC kubahoxs amarira batewe n’abafana ba Rayon Sports

    Perezida wa Gasogo United Kakooza Nkuliza Charles yatumiye abafana ba APR FC kuzaza ku mukino ikipe ye izakiramo Rayon Sports maze akabahoza amarira abafana ba Rayon Sports babateye bafana Pyramids. Ni umukino uzaba ku wa gatandatu tariki 21 Nzeri 2024, ukabera kuri Stade Amahoro.Ibi bibaye nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Pyramids…

  • Abahoze bayobora Rayon Sports bakoze inama mu gihe iyi kipe iri mu mahina

    Abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports bahuye bafata umwanzuro wo kongera kuba inyuma y’ikipe yabo , ikomeje kuvugwamo ibibazo byamikoro make. Muvunyi Paul, Dr. Rwagacondo Emile, Ruhamyambuga Paul na Gacinya Chance Denis bari mubahuriye mu nama yabereye i Rebero i Kigali ku wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024. Ibi bibaye nyuma y’uko uwahoze ari…

  • Umutwe wa CODECO urashinjwa kwica abaturage 10 mu burasirazuba bwa Congo

    Umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukomeje guhitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa kabiri washinjijwe guhitana ubuzima bw’abasivili 10 mu gitero wagabye mu mudugudu umwe wo mu Ntara ya Ituri. Umuyobozi w’umudugudu iki gitero cyagabwemo, Jean Marie Mateso, yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 16…

  • Benshi bayakora batabizi: Amakosa 5 yangiza urukundo rugasenyuka rutamaze kabiri

    Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane ni umwanzi wa mbere. Murakundana ariko ntujya umuha umwanya. Uhora umwikururaho. Ni ubwo byumvikana…

  • Abakobwa: Dore Ubuntu 6 bizakubaho niba ukunda kubenga abasore

    Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa ni ahenshi. Ubushakashatsi bwagaragaje ko ubusanzwe umukobwa akunda inshuro 7 gusa agifite urukundo rwa…