Dore ibyiza byo kurongora umugore mugufi abasore benshi batazi
•
Umugore mwiza ni isoko y’ibyishimo n’amahoro ku mugabo we. Iyo umugabo rubanda rumubona nk’igitangaza ariko umugore we akaba amusuzugura uwo mugabo yumva kuba rubanda rumwubaha ariko akaba atubashywe n’umugore we ntacyo bimaze. Mu rwego rwo kwirinda aka gasuzuguro kimwe mu byo wakora ni ukurongora umugore usumba kuko we abona agaciro kawe kuri buri ngingo.…
Akayabo k’amafaranga Perezida wa FERWAFA agiye kujya ahembwa katumye benshi bacika ururondogoro
•
Munyentwari Alphonse uyobora Ferwafa agiye kujya ahabwa asaga Miliyoni 65 Frw buri mwaka, nyuma yaho Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo kuri uyu mugabane yazamuweho 150% akagera ku bihumbi 50$. Byemejwe na Perezida wa CAF, Patrice Motsepe, kuri uyu wa Kabiri aho yabwiye Televiziyo ya SABC…
Yago yatorotse ubutabera bumukurikiranyeho ibyaha biremereye – Dr. Murangira
•
Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa 3 Nzeri 2024, yavuze ko Nyarwaya Innocent, uzwi ku izina rya Yago yahunze bitewe n’ibyaha akurikiranweho, yongera kuvuga ko ukuboko k’ubutabera ntaho kutagera ko abantu nka Yago bakorera ibyaha hanze baburirwa. Yago wari umaze iminsi atangaza ibintu bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga ze aho yavuze…
Uganda: Bobi Wine yarashwe n’abapolisi
•
Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, kuri uyu wa Kabiri yarashwe na Polisi ya Uganda. Ubutumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rw’uyu munyapolitiki ukuriye ishyaka NUP buvuga ko yarasiwe akaguru ahitwa Bulindo. Buragira buti: “Perezida wacu Bobi Wine yarasiwe akaguru na Polisi muri Bulindo. Yahise ajyanwa ikitaraganya kwa muganga…
Umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo agiye kuba umugore wa 16 wa Mswati
•
Nomcebo Zuma, umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri ni bwo Nomcebo yerekanwe, ubwo muri Eswatini hasozwaga ibirori gakondo byo kwerekana ugomba kuba umugore mushya w’umwami bizwi nka Umhlanga. Ni ibirori…
Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe
•
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio Cipriano, waganiriye na Televiziyo ya Mozambike (TVM) kuri uyu wa Kabiri yagize ati: “ahagana…