Imyanya y`ubushoferi muri Ministry of environment (MOE) :Deadline: 25/04/2025
Job responsibilities • The employees will serve as the approved designate driver of the MoE project cars • Ensure the vehicle’s day to day maintenance; • Proper transportation of people/items for the program; • Perform the driving duties for the…
Abaturage bahagurutse: Hakozwe imyigaragambyo karundura yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
Umwuka w’uburakari wazamutse mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kabiri, ubwo abaturage bahagurukaga mu myigaragambyo ikomeye barwanya Leta ya Kinshasa, bavuga ko bayirambiwe kubera kutubahiriza ibyo yemeye mu biganiro byo gushaka amahoro. Ibi bibaye nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ryatangaje…
RIB yataye muri yombi Turahirwa Moses wa Moshions
Umuyobozi w’Inzu y’Imideli ya Moshions, Turahirwa Moses, yongeye gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, icyaha asanzwe yarigeze gukurikiranywaho mu mwaka wa 2023. Nk’uko byemejwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, mu kiganiro kigufi yahaye…
M23 yahaye isomo rikomeye Perezida Tshisekedi nyuma y’amasaha macye ibiganiro bya Doha bikubise igihwereye
Ihuriro riharanira impinduka rya AFC/M23 ryigaruriye ku nshuro ya kabiri agace ka Walikale nyuma yo kwitandukanya n’amasezerano ya Doha, nyuma y’igihe gito ryari ryiyemeje gukura abasirikare baryo mu bice bimwe na bimwe birimo n’uyu mujyi. Ibi byabaye nyuma y’uko Leta…
Barashaka kwisubiza Goma? Abasirikare ba SADC bagombaga gusubira iwabo banyuze i Kigali ntabwo bagitashye uyu munsi kubera impamvu yavugishije benshi
Ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zitegerejweho gusubira mu bihugu byazo binyuze i Kigali nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere abyemeza, gusa zamaze gutungura benshi ubwo zititaye ku itariki yari yemeranyijweho,…
Igits1ina cy’umugabo ni Antene y’umutima we. Wari uzi ko kubura ubushake bw’akabariro bifite aho bihuriye n’indwara y’umutima – UBUSHAKASHATSI
Umuholandi w’impuguke mu buvuzi bw’umutima, Dr. Janneke Wittekoek, yagaragaje ko hari ibimenyetso byo kurwara umutima abagabo bagira ariko ntibabyiteho, birimo n’ubushake buke bwo gutera akabariro. Yavuze ko icyo kimenyetso gishobora kugaragara mbere y’imyaka itatu ngo umugabo arware umutima. Impamvu itera…
FARDC n’abo bafatanyije bagabye igitero gikomeye kuri AFC/M23 cyasize isomo rikomeye
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, ahagana saa mbili, hatangiye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo M23 na Twirwaneho, mu…
Umunyarwanda Cardinal Antoine Kambanda ashobora kuba Papa wa mbere w’umwirabura
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, isi yose yatunguwe n’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Nyirubutungane Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wapfuye afite imyaka 88 y’amavuko. Inkuru yatangajwe na Vatican yahise ikwirakwira ku…
Ingabo za SADC byari byitezwe ko zigomba gutaha zinyuze mu Rwanda zongeye kugoterwa mu bigo byazo n’ingabo za AFC/M23 nyuma y’ikosa rikomeye zakoze
Mu masaha ya nyuma yo ku wa 11 Mata 2025, igice cy’ingabo za SADC (Southern African Development Community) zari zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyari mu nzira yo gusubira iwabo. Nyamara ibintu byafashe indi…
Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi
Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu…