Latest post

Igihano Barikana Eugène yasabiwe kubera gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko cyamenyekanye

Nyuma y’iminsi micye urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rufunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho uyu mugabo akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka ibiri. Ubwo yabazwaga kuri uku gutunga intwaro nyuma yo…

Posted on

Umwarimu wigisha mu mashuri abanza nawe yatanze ubusabe bwe bwo kwiyamamariza kuba umudepite

Mukantwari Elizabeth wo mu Karere ka Kirehe umaze imyaka irenga 15 yigisha mu mashuri abanza yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite mu cyiciro cyihariye cy’abagore kuko afite inyota yo kwinjira mu Nteko Ishinga Ametegeko y’u Rwanda. Madamu Mukantwari yashyikirije kandidatire ye…

Posted on

Amerika yahaye gihugu cya Kenya inyito ikomeye ubundi ikoreshwa ku bihugu byo muri NATO

Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya incuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba igihugu cya mbere cyo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara gihawe iyo nyito n’Amerika. Biden yatangaje icyo cyemezo mu…

Posted on

Kayonza: Gitifu w’akagari yatunguranye yinjira mu nama ya Meya yasinze bikabije

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya gaherereye mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya…

Posted on

Byinshi ku muhango wo kubandwa waje umeze nka Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge n’ibyo benshi bibeshya kuri Ryangombe

Benshi mu bacukumbuzi b’amateka y’u Rwanda cyane cyane mu bijyanye n’imyemerere, bakunda gutwerera Abanyarwanda ko biyambazaga Ryangombe, bakaba banemeza ko ari yo Mana basengaga, nyamara bya he birakajya! Ryangombe ni umuntu wabayeho mu muryango nyarwanda, yubaka ubuhangange butuma atazima mu…

Posted on

Umusirikare yariye karungu kubera telefoni arasa bagenzi be ndetse n’undi wese wageragezaga kumwegera

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Bunia, umurwa mukuru wa Ituri, Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 21 Gicurasi 2024, umusirikare wa (FARDC) yarashe mugenzi we yitaba Imana mbere yo kwiyahura. Amakuru aturuka muri kiriya gihugu avuga ko aya…

Posted on

Gatsibo: Abantu batunguwe n’umubyeyi wahoraga ajya kwa muganga ahetse igipupe n’ikintu gitangaje yabaga agiye kuhakora

Ku mbuga noranyambaga zitandukanye hakomeje gucicikana inkuru y’umugore wari umaze  igihe kinini ahetse igipupe abeshya ko aba yaje gukingiza umwana ku Kigo Nderabuzima cya Kabarore kandi yagaba yaje kwiba abaje kwivuriza aho mu bitaro. Iyi nkuru y’uyu mugore yatangiye kumvikana…

Posted on

Amafoto ya Kenny Sol na Manager we Gael yatumye benshi bakeka ko baba ari abatinganyi- AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga zirimo X, Instagram, Youtube n’izindi, hakomeje gukwirakwizwa inkuru ivuga ko Kenny Sol ashobora kuba afitanye umubano wihariye udasanzwe na Boss we Coach Gael yabaye kimomo. Ni inkuru yatangiye gukwirakwira ubwo hajyaga hanze amashusho aba bombi bishimanye, ndetse…

Posted on

Muhanga: Abarimu babiri batawe muri yombi bakekwaho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu Kiciro rusange

Abarimu babiri batawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwe mu banyeshuri bigisha w’imyaka 16 y’amavuko, wiga mu cyiciro rusange (Tronc Commun). Amakuru avuga ko aba barimu basanzwe bigisha mu Ishuri ryisumbuye rya Nyakabanda riherereye mu Murenge…

Posted on

Dore byinshi utazi ku kurota usomana. Ntukwiye kubikerensa

Buri nzozi zigira ubusobanuro bwazo, gusa kurota usoma umuntu bishobora gutangaza benshi bakaba batekereza nabi ndetse bakiba impamvu y’izo nzozi, niyo mpamvu ugiye gusobanukirwa ikihishe inyuma yazo. Kurota uri mu bikorwa bifite aho bihuriye n’urukundo, bisobanura ibintu byinshi ndetse bihura…

Posted on